• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, inzara niyo yabaye indirimbo.

minebwenews by minebwenews
February 21, 2024
in Regional Politics
0
Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, inzara niyo yabaye indirimbo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, inzara niyo yabaye ikiganiro.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Abaturage bo mu Mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bavuga ko mugihe intambara yokomeza hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, bashobora kugira inzara idasanzwe.

Nimugihe urugamba rumaze iminsi ruhanganishije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u mutwe wa M23, n’ingabo z’i bihugu ziri gufasha igisirikare cya leta ya Félix Tshisekedi guhangana n’uwo mutwe, ikomeje kubera mu nkengero z’u Mujyi wa Goma.

Abaturiye uwo Mujyi bavuga ko amapfa ashobora kuziyongera mu gihe imirwano yakomeza, kuko inzira zabafasha kubagezaho ibiribwa zitakiri nya bagendwa nk’uko byari bisanzwe.

Nyota Esperance usanzwe ari umucuruzi w’ibitoki i Goma, yatanze ikiganiro kuri RFI avuga ko bugarijwe n’inzara.

Yagize ati: “U Mujyi wa Goma wose usanzwe ubeshejweho n’amasoko mato mato awugemurira ifu y’u bugari, kawunga ndetse n’ibitoki.”

Uy’u muturage avuga kandi ko ibyo biribwa byavaga mu masoko akikije uyu Mujyi wa Goma, kuri ubu abari baturiye ibyo bice bakomeje guhunga kubera imirwano.

Mu Cyumweru gishize, abantu ibihumbi 135 bahunze mu bice binyuranye bya Sake, nk’uko bitangazwa n’ishamyi ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNHCR).

Aba bahunze kandi, bamwe bahungira mu Mujyi wa Goma na bo bakaba bakeneye ibibatunga, ku buryo bishobora kongera ikibazo cy’ibura ry’ibiribwa.

K’urundi ruhande MCN yahawe amakuru ko mu ijoro ryakeye ko mu nkengero z’u Mujyi wa Goma humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito. Bikavugwa ko habaye urugamba hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Iy’i ntambara ikaba yarabereye muduce twa Kanyamahoro, ku mabere y’inkumi no mu Kibaya cya Kanyamahoro muri teritware ya Nyiragongo, uduce turi mu ntera y’ibirometre 11 n’u Mujyi wa Goma.

Byavuzwe ko ibyo bitero bya gabwe ubwo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC bashakaga kwisubiza biriya bice biheruka kw’i garurirwa na M23, mu Cyumweru gishize.

               MCN.
Tags: FardcGomaInzara niyo yabaye indirimboKivu y'AmajyaruguruM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
Igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda bya buriwe kuva ku manga bariho ya batembesha mu muriro.

Igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'u Rwanda bya buriwe kuva ku manga bariho ya batembesha mu muriro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?