• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 4, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

You might also like

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

Intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika mu nama ya kabiri y’akanama gashyinzwe kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro yasinywe tariki ya 27/06/2025.

Ku wa gatatu tariki ya 03/09/2025, ni bwo izi ntumwa zahuye, aho ku ruhande rw’u Rwanda hari minisitiri w’ubanye n’amahanga warwo, Olivier Nduhungirehe, mu gihe ku rwa RDC hari mugenzi we minisitiri Kayikwamba Wagner..

Iyi nama yitabiriwe kandi n’abahuza barimo Leta ya Qutar, Togo, nk’umuhuza wa Afrika yunze ubumwe ndetse na komisiyo y’uyu muryango wa Afrika yunze ubumwe.

Inama nk’iyi yaherukaga kubera i Addis Ababa muri Ethiopia mu ntangiriro z’ukwezi kwa karindwi. Itangazo rihuriweho n’ibiro bya leta zunze ubumwe za Amerika bishyinzwe ububanyi n’amahanga, rivuga ko abagize akanama bemeye ko hari ubwumvikane buke mu ishyirwa mu bikorwa ry’ibintu biri mu masezerano.

Iryo tangazo rigira riti: ‘Ibiganiro byibanze ku bibazo byagaragaye mu ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro, birimo amakuru y’ihohotera mu Burasirazuba bwa RDC, no gushakisha inzira zifatika zo gukurikiza iby’amasezerano ateganya.”

Rikomeza rivuga ko leta y’u Rwanda n’iya RDC zemeje ko zifite intumbero yo guteza imbere gahunda yo gusubiza impunzi mu bihugu zivamo, nk’uko byemejwe mu nama yabaye mu kwezi gushize.

Itangazo ryavuga riti: “Abagize akanama bishimiye inama itaha ihuza inzego z’umutekano (Jscm) izibanda ku kwihutisha ibikorwa byo guteza imbere ikurwaho ry’ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda.”

Guverinoma y’u Rwanda n’iya RDC kandi zemeje ko zifite inshingano zo gushyigikira byimazeyo ibiganiro biri guhuza RDC na AFC/M23 i Doha muri Qatar, inama nk’iyi izajya iba kenshi hagamijwe gukemura ibibazo ndetse no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro.

Tags: RdcRwandaWashington DC
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

by minebwenews
August 29, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru. Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo byahuriye mu biganiro muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z'u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?