Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano akaze i Luanda muri Angola.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 14, 2024
in Uncategorized
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano akaze i Luanda muri Angola.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano akaze i Luanda muri Angola.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Minisiteri w’ubabanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Kayikwamba Thérèse Wagner n’uwu Rwanda Olivier Nduhungirehe basinye uburyo bwo guhashya umutwe w’iterabwoba wa FDLR wari usanzwe ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Iyi myanzuro yasinywe ku munsi w’ejo hashize tariki ya 13/10/2024 i Luanda muri Angola, igihugu cyahawe inshingano z’ubuhuza no guhoshya umwuka mubi umaze igihe hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa.

Amakuru avuga ko aba baminisitiri bemezanyije iyi gahunda yari yaratanzwe n’inzobere mu by’umutekano zaturutse muri ibi bihugu bitatu, u Rwanda, RDC na Angola, zateranye mu mpera z’u kwezi kwa munani no mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cyenda uyu mwaka.

Iyo gahunda yagaragazaga uburyo bwakoreshwa mu gusenya burundu umutwe wa FDLR umaze igihe ukorana n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rwego rwo kugira ngo bahunganye umutekano w’u Rwanda no gufasha iki gisirikare cya FARDC mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa M23.

Inama y’abaminisitiri yagombaga kwemeza iyo gahunda yateranye tariki ya 14/09/2024 ariko RDC yanga gusinya, nyuma y’ubutumwa minisitiri Kayikwamba yahawe buturutse kwa perezida Félix Tshisekedi i Kinshasa, bumubuza kugira icyo yemeza.

Ibyo byanatumye n’indi nama yari teganyijwe ihagarikwa yagombaga guhuza inzobere mu by’u mutekano mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Cumi, ari nayo yagombaga kugaragaza bidasubirwaho uburyo ni gihe gusenya FDLR bizatangirira.

Leta ya Kigali igaragaza ko iyo gahunda yo gusenya FDLR niramuka ikozwe, aribwo nayo izavugurura gahunda zayo z’ubwirinzi zashyizeho.

Ibi byatumye minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe atangaza ko isinywa ry’iyo myanzuro y’inama ya gatanu ko ari inzira nziza iganisha ku mahoro n’umutekano birambye mu karere.

Biteganijwe ko inzobere mu by’umutekano zizongera zigahura zikanoza neza gahunda yo gusenya burundu umutwe wa FDLR, ibyo zemeje bigasuzumwa n’inama y’abaminisitiri izaterana ubutaha.

          MCN.
Tags: AmasezeranoBasinyeGusenya FDLRLuandaU Rwanda na RDC
Share39Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Israel yasabye LONI kuvana ingabo zayo muri Liban hamenyekana n’impamvu yabyo.

Israel yasabye LONI kuvana ingabo zayo muri Liban hamenyekana n'impamvu yabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?