• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda nta kurya umunwa, rwagaragaje impamvu leta y’u Burundi irushinja gutera ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.

minebwenews by minebwenews
May 12, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda nta kurya umunwa, rwagaragaje impamvu leta y’u Burundi irushinja gutera ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kigali yanyomoje ibirego yashinjwaga n’u butegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi byo kugira uruhare mu iterwa ry’ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Ni bikubiye mu butumwa u Rwanda rwatanze rubiknyujije mu itangazo basohoye ku gicamunsi cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 12/05/2024.

Ubu butumwa u Rwanda rwatanze rubinyujije mu itangazo rugaragaza ko ntaho ruhuriye n’ibyo bitero, maze rusobanura ko ahubwo u Burundi gushinja u Rwanda ibyo bitero ari amayeri ya leta y’icyo gihugu yo kuyobya uburari ku bibazo bikomeye biri muri icyo gihugu.

Ibisasu byo mu bwoko bwa grenade byatewe i Bujumbura, ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 10/05/2024, aho byarasiwe mu duce dutandukanye two mu mujyi rwagati wa Bujumbura.

Nyuma leta y’iki gihugu yahise ibitangaza yemeza iki gitero; inasobanuro ko ibyo bisasu ko byakomerekeje abantu bagera ku 38.

Muri aba bantu 38 bakomeretse 5 nibo bakomeretse bikabije, nk’uko leta ya bivuze, ko kandi abakomeretse bahise bajanwa kuvurirwa mu bitaro byaho hafi.

Ibi bisobanuro bikomeza bishimangira ko leta y’u Burundi yataye muri yombi abarinyuma y’ubwo bugizi bwa nabi ko kandi batumwe na Red Tabara binyuze kuri leta y’u Rwanda itoza aba barwanyi ba Red Tabara.

Ibyo nibyo u Rwanda rwamaganye, hubwo rubyita amayeri akomeye u Burundi buri gukoresha ku bibazo biri imbere muri icyo gihugu.

Ibyo bibaye mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi nabo bakomeje kuvuga ko leta y’iki gihugu ariyo iri nyuma y’ibisasu bikomeje kuraswa i Bujumbura; bavuga ko leta iri gukora ibyo mu rwego rwo kurangaza amahanga, kubera ubukene iki gihugu gifite.

U Burundi bugize igihe bufite ubukene bwa lisansi (igitoro), n’ibindi bijanye n’inzara.

Ku rundi ruhande umutwe wa Red Tabara ushinjwa na leta y’u Burundi kugaba ibyo bitero wamaganye u Burundi, hubwo ushinja iki gihugu kurangaza Abanyagihugu.

Biri mu itangazo uwo mutwe waraye ushize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru.

Iryo tangazo rivuga riti: “Red Tabara irahakana yivuye inyuma ibyo leta y’u Burundi iyishinja kugira uruhare mu iterwa ry’ibisasu. Nta munsi n’umwe umutwe wa Red Tabara uzigera ubangamira inzira karengane z’abasivile.”

Iri tangazo risoza rivuga riti: “Ubutegetsi bw’u Burundi bwari bukwiye kwitaho ibibazo bikomeye bibangamiye iki gihugu, aho kwitoza gusamaza Abanyagihugu.”

        MCN.
Tags: Bubushinja gutera ibisasuBujumburaImpamvu u BurundiRugaragajeU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Congo, riri mu marira menshi nyuma y’uko ku munsi w’ejo ryambuwe uduce twinshi two mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Congo, riri mu marira menshi nyuma y'uko ku munsi w'ejo ryambuwe uduce twinshi two mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?