• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda nta kurya umunwa, rwagaragaje impamvu leta y’u Burundi irushinja gutera ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.

minebwenews by minebwenews
May 12, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda nta kurya umunwa, rwagaragaje impamvu leta y’u Burundi irushinja gutera ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kigali yanyomoje ibirego yashinjwaga n’u butegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi byo kugira uruhare mu iterwa ry’ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni bikubiye mu butumwa u Rwanda rwatanze rubiknyujije mu itangazo basohoye ku gicamunsi cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 12/05/2024.

Ubu butumwa u Rwanda rwatanze rubinyujije mu itangazo rugaragaza ko ntaho ruhuriye n’ibyo bitero, maze rusobanura ko ahubwo u Burundi gushinja u Rwanda ibyo bitero ari amayeri ya leta y’icyo gihugu yo kuyobya uburari ku bibazo bikomeye biri muri icyo gihugu.

Ibisasu byo mu bwoko bwa grenade byatewe i Bujumbura, ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 10/05/2024, aho byarasiwe mu duce dutandukanye two mu mujyi rwagati wa Bujumbura.

Nyuma leta y’iki gihugu yahise ibitangaza yemeza iki gitero; inasobanuro ko ibyo bisasu ko byakomerekeje abantu bagera ku 38.

Muri aba bantu 38 bakomeretse 5 nibo bakomeretse bikabije, nk’uko leta ya bivuze, ko kandi abakomeretse bahise bajanwa kuvurirwa mu bitaro byaho hafi.

Ibi bisobanuro bikomeza bishimangira ko leta y’u Burundi yataye muri yombi abarinyuma y’ubwo bugizi bwa nabi ko kandi batumwe na Red Tabara binyuze kuri leta y’u Rwanda itoza aba barwanyi ba Red Tabara.

Ibyo nibyo u Rwanda rwamaganye, hubwo rubyita amayeri akomeye u Burundi buri gukoresha ku bibazo biri imbere muri icyo gihugu.

Ibyo bibaye mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi nabo bakomeje kuvuga ko leta y’iki gihugu ariyo iri nyuma y’ibisasu bikomeje kuraswa i Bujumbura; bavuga ko leta iri gukora ibyo mu rwego rwo kurangaza amahanga, kubera ubukene iki gihugu gifite.

U Burundi bugize igihe bufite ubukene bwa lisansi (igitoro), n’ibindi bijanye n’inzara.

Ku rundi ruhande umutwe wa Red Tabara ushinjwa na leta y’u Burundi kugaba ibyo bitero wamaganye u Burundi, hubwo ushinja iki gihugu kurangaza Abanyagihugu.

Biri mu itangazo uwo mutwe waraye ushize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru.

Iryo tangazo rivuga riti: “Red Tabara irahakana yivuye inyuma ibyo leta y’u Burundi iyishinja kugira uruhare mu iterwa ry’ibisasu. Nta munsi n’umwe umutwe wa Red Tabara uzigera ubangamira inzira karengane z’abasivile.”

Iri tangazo risoza rivuga riti: “Ubutegetsi bw’u Burundi bwari bukwiye kwitaho ibibazo bikomeye bibangamiye iki gihugu, aho kwitoza gusamaza Abanyagihugu.”

        MCN.
Tags: Bubushinja gutera ibisasuBujumburaImpamvu u BurundiRugaragajeU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Congo, riri mu marira menshi nyuma y’uko ku munsi w’ejo ryambuwe uduce twinshi two mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Congo, riri mu marira menshi nyuma y'uko ku munsi w'ejo ryambuwe uduce twinshi two mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?