• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwa garagaje impungenge ko akarere k’i biyaga bigari kogeramo amakimbirane y’intambara.

minebwenews by minebwenews
February 16, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwa garagaje impungenge ko akarere k’i biyaga bigari kogeramo amakimbirane y’intambara.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwa garagaje impungenge ku ngabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, k’u bufasha bw’i bikoresho baha ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bavuga ko ibi bishobora kuza byara amakimbirane mu karere k’ibiyaga bigari.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ibi bikubiye mu rwandiko u Rwanda rwandikiye aka Nama gashinzwe umutekano kw’Isi ku muryango w’Abibumbye.

Iy’i barua yateweho umukono na minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vicent Biruta.

Mu mpera z’u mwaka ushize n’ibwo Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo, SADC, zageze mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC, aho zaje gufasha igisirikare cya FARDC kurwanya imitwe y’itwaje imbunda irimo na M23, nk’uko bya tangajwe na SADC News icyo gihe.

Kuri ubu ingabo za SADC zifatanya n’iza Repubulika ya Demokarasi ya Congo, n’imitwe irimo FDLR ndetse na Wazalendo, ku rwanya M23.

Mu ibarua Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda Dr Vicent Biruta, yandikiye aka Nama gashinzwe umutekano kw’Isi yavuze ko “ibyari kuba igisubizo ko byirengagijwe.”

Yagize ati: “Ubufasha bw’i bikoresho n’ubwibikorwa by’agisirikare Monusco iha ingabo zifatanije na FARDC buha ubutegetsi bwa Kinshasa imbaraga zo gukomeza gukoresha imbaraga za gisirikare, aho gushaka igisubizo cy’ikibazo biciye mu biganiro.”

Yakomeje agira ati: “Ibibazo bikomeye bishobora guteza akarere k’i biyaga bigari, birimo ku bangamira inzira igamije gukemura amakimbirane amaze imyaka abera mu Burasirazuba bwa RDC, kubura imirwano ishingiye ku moko ndetse n’ibyago bya makimbirane mu karere bijyanye n’umugambi wa ba perezida ba RDC n’u Burundi wo gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda.”

Maze Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, asoza asaba L’ONI kudaha ubufasha SADC ibikoresho zayisabye.

Ati: “Guverinoma y’u Rwanda irasaba aka Nama gashinzwe umutekano kw’Isi gukumura ubwiyongere bw’amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa RDC, biciye mu kutongera gusuzuma ubusabe bwo guha ubufasha bw’i bikoresho n’ubwibikorwa ihuriro riyobowe na FARDC bushobora gutuma amakimbirane yiyongera.”

Vicente Biruta, yanavuze ko kuba u Burasirazuba bwa RDC bukomeje kwiyongeramo ingabo za mahanga zirimo iz’i bihugu, ndetse n’imitwe y’itwaje imbunda biteye impungenge u Rwanda ku buryo rutanumva impamvu umuryango w’Abibumbye ushigikiye ihuriro ry’Ingabo zikomeje kuhakorera ubwicanyi bushingiye ku moko.

K’u bwa leta y’u Rwanda bakavuga ko “amakimbirane yo muri RDC yagumyeho kubera ko umuryango mpuzamahanga wirengagije impamvu nya mukuru zayo, zirimo gushigikira no kubungabunga umutwe w’iterabwoba wa FDLR.”

Leta y’u Rwanda ikavuga ko yo izakomeza gufata ingamba zihamye z’u bwirinzi, hagamijwe gukumira umugambi perezida Evariste Ndayishimiye na Félix Tshisekedi bafite wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: Kogeramo amakimbirane y'intambaraU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare b’u Burundi benshi, bongeye gufatirwa ku rugamba bahanganyemo na M23,  mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abasirikare b'u Burundi benshi, bongeye gufatirwa ku rugamba bahanganyemo na M23, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?