Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwashizwe ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite politiki yogeteza Afrika imbere.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 29, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwashizwe ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite politiki yogeteza Afrika imbere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwashizwe ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite politiki yogeteza Afrika imbere.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byashizwe ahagaragara n’urwego rwa CPIA rwa Banki y’isi aho rwatangaje ko u Rwanda ruri ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite ingamba na politiki nziza yo kuzamura ubukungu bwo ku mugabane wa Afrika.

Iy’i raporo nshya yiswe CPIA yanahaye igihugu cy’u Rwanda amanota 4,1 kuri 6.

Nk’uko byavuzwe abakora iyi raporo bashingira ku bipimo 4 by’ingenzi, birimo imicungire y’ubukungu, ishirwaho rya za politiki zorohereza ubucuruzi n’ishoramari, politiki zo guteza imbere uburinganire kuri bose, ndetse n’imicungire y’inzego zabikorera n’ibigo byigenga.

Muri ubwo buryo u Rwanda rwagize amanota ari hejuru ya 4, ariko aho rwagize menshi ni mu rwego rwo guteza imbere uburinganire kuri bose rwagize amanota 4,4, ndetse no gushyiraho politiki nziza ku bucuruzi n’ishoramari ruhabwa amanota 4,2 kuri 6, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cya Bwiza.com.

Ay’amanota ni meza ukurikije n’ibindi bihugu gifite amanota arenze 3,9 ariko ntibihagije kuko hari bikenerwa kongera gushyirwamo imbaraga kugira ngo amanota akomeze kuzamuka.

Umugabane wa Afrika uratanga icyizere ko mu bihe biri imbere mu bukungu, mu gihe leta z’ibihugu zikomeza gushyiraho ingamba na politiki byo guteza imbere abikorera nk’uko Banki y’isi ibivuga.

Uyoboye Banki y’isi, Ajay Banga yemeza ko ubukungu bwa Afrika, butanga icyizere cy’ejo hazaza, kubera umubare mu nini w’abakiri bato. Aha yari mu nama iheruka kubera i Washington DC ho muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu kwezi kwa Kane uyu mwaka.

Mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwakunze kuza mu nsi y’ubutayu bwa Sahara, bifite amanota 3,1.

Kuri iy’inshuro muri iyi raporo y’uyu mwaka ibi bihugu bikurikira u Rwanda aho ari Benin na Cabo Verde bifite amanota 3,9, mu gihe Togo na Cote D’Ivoire byo bifite 3,8.

Ibihugu biza ku myamya yanyuma ni Sudan y’Epfo na Eritrea bifite inota 1,7.

           MCN.
Tags: Banki y'isiRwashizwe ku mwanya wa mbereU Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ebenezer Worship Ministry, mu giterane iri gutegura i Nakivale ho muri Uganda yavuze ibyo izafasha abapfakazi.

Ebenezer Worship Ministry, mu giterane iri gutegura i Nakivale ho muri Uganda yavuze ibyo izafasha abapfakazi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?