• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwashizwe ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite politiki yogeteza Afrika imbere.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwashizwe ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite politiki yogeteza Afrika imbere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwashizwe ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite politiki yogeteza Afrika imbere.

You might also like

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Ni byashizwe ahagaragara n’urwego rwa CPIA rwa Banki y’isi aho rwatangaje ko u Rwanda ruri ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite ingamba na politiki nziza yo kuzamura ubukungu bwo ku mugabane wa Afrika.

Iy’i raporo nshya yiswe CPIA yanahaye igihugu cy’u Rwanda amanota 4,1 kuri 6.

Nk’uko byavuzwe abakora iyi raporo bashingira ku bipimo 4 by’ingenzi, birimo imicungire y’ubukungu, ishirwaho rya za politiki zorohereza ubucuruzi n’ishoramari, politiki zo guteza imbere uburinganire kuri bose, ndetse n’imicungire y’inzego zabikorera n’ibigo byigenga.

Muri ubwo buryo u Rwanda rwagize amanota ari hejuru ya 4, ariko aho rwagize menshi ni mu rwego rwo guteza imbere uburinganire kuri bose rwagize amanota 4,4, ndetse no gushyiraho politiki nziza ku bucuruzi n’ishoramari ruhabwa amanota 4,2 kuri 6, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cya Bwiza.com.

Ay’amanota ni meza ukurikije n’ibindi bihugu gifite amanota arenze 3,9 ariko ntibihagije kuko hari bikenerwa kongera gushyirwamo imbaraga kugira ngo amanota akomeze kuzamuka.

Umugabane wa Afrika uratanga icyizere ko mu bihe biri imbere mu bukungu, mu gihe leta z’ibihugu zikomeza gushyiraho ingamba na politiki byo guteza imbere abikorera nk’uko Banki y’isi ibivuga.

Uyoboye Banki y’isi, Ajay Banga yemeza ko ubukungu bwa Afrika, butanga icyizere cy’ejo hazaza, kubera umubare mu nini w’abakiri bato. Aha yari mu nama iheruka kubera i Washington DC ho muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu kwezi kwa Kane uyu mwaka.

Mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwakunze kuza mu nsi y’ubutayu bwa Sahara, bifite amanota 3,1.

Kuri iy’inshuro muri iyi raporo y’uyu mwaka ibi bihugu bikurikira u Rwanda aho ari Benin na Cabo Verde bifite amanota 3,9, mu gihe Togo na Cote D’Ivoire byo bifite 3,8.

Ibihugu biza ku myamya yanyuma ni Sudan y’Epfo na Eritrea bifite inota 1,7.

           MCN.
Tags: Banki y'isiRwashizwe ku mwanya wa mbereU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa” Mu gihe u Burundi bukomeje kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2027,...

Read moreDetails

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere Perezida w’u Burundi, , yongeye gutangaza ibitekerezo bikomeye ku mikorere y’amatora mu gihugu cye, agaragaza ko asaba isubirwamo...

Read moreDetails
Next Post
Ebenezer Worship Ministry, mu giterane iri gutegura i Nakivale ho muri Uganda yavuze ibyo izafasha abapfakazi.

Ebenezer Worship Ministry, mu giterane iri gutegura i Nakivale ho muri Uganda yavuze ibyo izafasha abapfakazi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?