Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwatabaye u Burundi incuro zirenga zine ariko nti byabujije ko leta ya Bujumbura ifungira u Rwanda imipaka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 16, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwatabaye u Burundi incuro zirenga zine ariko nti byabujije ko leta ya Bujumbura ifungira u Rwanda imipaka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ko leta y’u Rwanda yatabaye i Gihugu c’u Burundi, mu bihe birenze bitanu(5).

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ibi byi butswe mu gihe leta y’u Burundi, tariki ya 11/01/2024, ya funze imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, mu rwego rwo kwihimura ku gihugu c’u Rwanda, perezida w’u Burundi ashija kuba gicumbikira kandi ngo bakanafasha umutwe wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bwa Bujumbura.

Ibyo Kigali yakomeje gutera utwatsi hubwo igashinja Bujumbura kuba yarimye u Rwanda abarundi bishe abantu babo mu Rwanda ahagana mu mwaka w’1994.

Ibi n’ibyatangajwe n’u muvugizi w’u Rwanda Alain Mukuralinda, ubwo yarimo aganira n’itangaza makuru mu Rwanda, yagize ati: “Tumaze gusaba leta y’u Burundi incuro zirenga 15 abarundi basize bakoze Genocide mu Rwanda kugira tubacire urubanza ariko ubutegetsi bw’u Burundi bwarabyanze . Ibyo ntibyatumye dufunga imipaka.”

Ibi biri mubyatunye hibukwa ko leta y’u Rwanda yatabaye i Gihugu c’u Burundi muri ibi bihe:

Leta y’u Rwanda havuzwe ko yigeze kwishurira u Burundi amadeni bari bafite mu muryango wa EAC.

Incuro ya Kabiri, tariki ya 17/01/2013, Ingabo z’u Rwanda zazimije inkongi y’umuriro yari yafashe Isoko ya Bujumbura.

Incuro ya Gatatu Ingabo z’u Rwanda zatabaye iz’u Burundi muri Centrafique.

U Rwanda kandi mu mwaka w’2022, rwafashe abarwanyi ba Red Tabara bagera 19 ba bohereza leta y’u Burundi.

N’ubwo leta y’u Rwanda haricyo yafashije u Burundi ntibibuza ko ba bafungira imipaka.

Mu mpera z’u mwaka w’2015, u Burundi kandi bwa funze imipaka iruhuza n’u Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: ImipakaNtibyabujije ko u Burundi bufungaRwatabaye u BurundiU Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Mugihe kurahira kwa Tshisekedi byegereje, bamwe mu banyacubahiro bazitabira umuhango wo kurahira kwe bamaze kumenyekana.

Mugihe kurahira kwa Tshisekedi byegereje, bamwe mu banyacubahiro bazitabira umuhango wo kurahira kwe bamaze kumenyekana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?