• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwatabaye u Burundi incuro zirenga zine ariko nti byabujije ko leta ya Bujumbura ifungira u Rwanda imipaka.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwatabaye u Burundi incuro zirenga zine ariko nti byabujije ko leta ya Bujumbura ifungira u Rwanda imipaka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ko leta y’u Rwanda yatabaye i Gihugu c’u Burundi, mu bihe birenze bitanu(5).

You might also like

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi Rukomeje Guteza Impaka

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Ibi byi butswe mu gihe leta y’u Burundi, tariki ya 11/01/2024, ya funze imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, mu rwego rwo kwihimura ku gihugu c’u Rwanda, perezida w’u Burundi ashija kuba gicumbikira kandi ngo bakanafasha umutwe wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bwa Bujumbura.

Ibyo Kigali yakomeje gutera utwatsi hubwo igashinja Bujumbura kuba yarimye u Rwanda abarundi bishe abantu babo mu Rwanda ahagana mu mwaka w’1994.

Ibi n’ibyatangajwe n’u muvugizi w’u Rwanda Alain Mukuralinda, ubwo yarimo aganira n’itangaza makuru mu Rwanda, yagize ati: “Tumaze gusaba leta y’u Burundi incuro zirenga 15 abarundi basize bakoze Genocide mu Rwanda kugira tubacire urubanza ariko ubutegetsi bw’u Burundi bwarabyanze . Ibyo ntibyatumye dufunga imipaka.”

Ibi biri mubyatunye hibukwa ko leta y’u Rwanda yatabaye i Gihugu c’u Burundi muri ibi bihe:

Leta y’u Rwanda havuzwe ko yigeze kwishurira u Burundi amadeni bari bafite mu muryango wa EAC.

Incuro ya Kabiri, tariki ya 17/01/2013, Ingabo z’u Rwanda zazimije inkongi y’umuriro yari yafashe Isoko ya Bujumbura.

Incuro ya Gatatu Ingabo z’u Rwanda zatabaye iz’u Burundi muri Centrafique.

U Rwanda kandi mu mwaka w’2022, rwafashe abarwanyi ba Red Tabara bagera 19 ba bohereza leta y’u Burundi.

N’ubwo leta y’u Rwanda haricyo yafashije u Burundi ntibibuza ko ba bafungira imipaka.

Mu mpera z’u mwaka w’2015, u Burundi kandi bwa funze imipaka iruhuza n’u Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: ImipakaNtibyabujije ko u Burundi bufungaRwatabaye u BurundiU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial MINEMBWE CAPITAL NEWS The ongoing...

Read moreDetails

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi Rukomeje Guteza Impaka

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Umusesenguzi Christian Moleka Yagaragaje Impungenge ko RDC Ishobora Guhura n’Ibyago byo Gucikamo Ibice

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw'Ingabo z'u Burundi Rukomeje Guteza Impaka MINEMBWE CAPITAL NEWS Imirwano ikomeje kubera...

Read moreDetails

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Ibisubizo Bitangaje Perezida w'u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n'Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi MINEMBWE CAPITAL NEWS Perezida w'u Burundi, Évariste Ndayishimiye,...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry'Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw'u Burundi mu 2015 MINEMBWE CAPITAL NEWS Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane Mpuzamahanga w'u...

Read moreDetails

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée MINEMBWE CAPITAL NEWS Alors que la République démocratique du...

Read moreDetails
Next Post
Mugihe kurahira kwa Tshisekedi byegereje, bamwe mu banyacubahiro bazitabira umuhango wo kurahira kwe bamaze kumenyekana.

Mugihe kurahira kwa Tshisekedi byegereje, bamwe mu banyacubahiro bazitabira umuhango wo kurahira kwe bamaze kumenyekana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?