Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ubuhanuzi bukomeye bwagenewe abibwiraga kuja hanze ya Afrika, ahanini ku mpunzi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 6, 2025
in Religion
0
Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuhanuzi bukomeye bwagenewe abibwiraga kuja hanze ya Afrika, ahanini ku mpunzi.

You might also like

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Ibyo wamenya ku giterane kidasanzwe, cyanitabiriwe n’abayobozi ba Twirwaneho na M23 mu Minembwe.

iby’u Burundi bikomeje kwanga kuko n’igitoro bwari bugiye kubona habaye “ubuhanya.”

Ijwi ry’Imana, ibicishije mu mugaragu wayo nk’uko yabivuze Ndatinya Dodos, yavuze ko Imana yamuhishuriye ko “igihe cyo kuja hanze kirangiye ku bwoko bw’Imama,” kandi ashimangira cyane ku bari mu makambi y’impunzi.

Ubu butumwa, Dodos uherereye mu Burasizuba bwa Congo, yabutanze abucishishije kuri Minembwe Capital News kuri uyu wa kabiri tariki ya 06/05/2025.

Yanavuze ko Imana yabumuhishuriye uyu munsi ku wa kabiri.

Nk’uko yabikoze, yabuhaye insanganyamatsiko igira iti: “UBUTUMWA KU BWOKO BW’IMANA NDETSE N’ABANTU BOSE.”

Ni naho yahise ahera agira ati: “Bwoko bw’Imana aho muherereye mwese ndabasuhuje mwizina ry’umwami wacu Yesu Kristo.
Bakundwa nagira ngo mbasangize icyo Umwuka yanshize k’umutima kuruyu munsi tariki ya 6 z’ukwezi kwa gatanu 2025.”

Yakomeje agira ati: “Igihe cyo hanze kirarangiye, igihe cyo kuja hanze kirarangiye, igihe cyo kuba hanze kirarangiye”
Umwuka yakomeje ambwira ko abantu benshi bari mu makambi murwego rwa HCR n’indi miryango yigenga ndetse n’abantu kugiti cyabo bateganya kuja hanze. Mu menye ko umubare nyamwinshi wabo utakigiye. Murabo bose bategereje kujayo, abake cyane nibo bagiye kugenda ariko nubwo bazagenda, bizaba ibyigiye gito cyane, kuko bazahita bagaruka vuba muri Afrika, ndetse umwuka yambwiye ko bamwe mugihe bazaba bari mukirere bagenda, bazahura nabandi kera bazaba bari kugaruka bataha kubazaba baragiye mbere. Ngo kuko igihe cyo kuba hanze kirangiye, ngw’abantu bagataha mu bihugu byabo.”

Yageze aha ahita abaza iki kibazo: “Ibyo ubyumvise wakwibaza uti niki kizaba kibaye?”

Yongeye ati: “Nuko Umwuka yakomeje ambwira ngo nuko INTAMBARA YA GATATU Y’ISI irabaye iri kumarembo, kandi biriya bihugu byose dukunda gusabamo ubuhungiro aribyo Amerika, Australia n’ibindi, bigiye kwinjira mu ntambara ikomeye.
Iyi ntambara izatigisa isi yose, izaba ar’intambara y’igitangaza, izaba aramakundura.
Ibyo nibyo Umwuka yambwiye bavandimwe.”

Dodos, yasoje ubu butumwa agira abantu inama, aho yagize ati: “Rero abantu bagomba gusengera cyane ibihugu byabo rwose kugira ngo amahoro arambye aboneke ubwo ibyo bihugu bikomeye byo mu burengerazuba bw’Isi bizaba biri mu ntambara. Kandi abantu bagomba kwitegurira ibyo bihe bagafata ingamba zizabafasha mugihe ibyo bintu byaba bisohoye. Ndetse nabataha mu bihugu byabo bagasanga yo amahoro.”

Tags: ImpunziIntambaraUbuhanuziYa 3 Y'ISI
Share42Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails

Ibyo wamenya ku giterane kidasanzwe, cyanitabiriwe n’abayobozi ba Twirwaneho na M23 mu Minembwe.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Ibyo wamenya ku giterane kidasanzwe, cyanitabiriwe n’abayobozi ba Twirwaneho na M23 mu Minembwe.

Ibyo wamenya ku giterane kidasanzwe, cyanitabiriwe n'abayobozi ba Twirwaneho na M23 mu Minembwe. Abanya-Minembwe barimo n'abayobozi batandukanye bari bitabiriye igiterane cyari kigamije gushima Imana ku bintu bitatu Imana...

Read moreDetails

iby’u Burundi bikomeje kwanga kuko n’igitoro bwari bugiye kubona habaye “ubuhanya.”

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
iby’u Burundi bikomeje kwanga kuko n’igitoro bwari bugiye kubona habaye “ubuhanya.”

Iby'u Burundi bikomeje kwanga kuko n'igitoro bwari bugiye kubona habaye "ubuhanya." Imodoka yaripakiye igitoro cyo mu bwoko bw'amazout yakoze impanuka ikomeye aho yari igeze i Gitega ku murwa...

Read moreDetails

Mbere yuko Air India ikora impanuka ikomeye, umuhanuzi yari yabivuze.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Mbere yuko Air India ikora impanuka ikomeye, umuhanuzi yari yabivuze. Astro Sharmish, umuhanuzi w'Imana wo mu gihugu cy'u Buhinde, byatangajwe ko yari amaze igihe ahanuye ibyago bizaba muri...

Read moreDetails

Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

by Bruce Bahanda
June 8, 2025
0
Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

Inshingano z'Umwuka wera mu itorero n'izihe? Umukozi w'Imana, Reverend Bizimana Misigaro, uyoboye itorero rya All National Assembly of God rizwi cyane nka Philadelphia, mu giterane cyahuje amatorero umunani...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi mukuru wa AFC yatangaje icyihutirwa ingabo ze zigiye gukora vuba aha.

Nangaa yasobanuye uburyo Abanye-Congo bose ari abanyamuryango ba AFC/M23, ndetse n'uburyo Tshisekedi ari gukora ibyaha by'intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?