• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ubuhanuzi bukomeye bwagenewe abibwiraga kuja hanze ya Afrika, ahanini ku mpunzi.

minebwenews by minebwenews
May 6, 2025
in Religion
0
Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuhanuzi bukomeye bwagenewe abibwiraga kuja hanze ya Afrika, ahanini ku mpunzi.

You might also like

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera

Ijwi ry’Imana, ibicishije mu mugaragu wayo nk’uko yabivuze Ndatinya Dodos, yavuze ko Imana yamuhishuriye ko “igihe cyo kuja hanze kirangiye ku bwoko bw’Imama,” kandi ashimangira cyane ku bari mu makambi y’impunzi.

Ubu butumwa, Dodos uherereye mu Burasizuba bwa Congo, yabutanze abucishishije kuri Minembwe Capital News kuri uyu wa kabiri tariki ya 06/05/2025.

Yanavuze ko Imana yabumuhishuriye uyu munsi ku wa kabiri.

Nk’uko yabikoze, yabuhaye insanganyamatsiko igira iti: “UBUTUMWA KU BWOKO BW’IMANA NDETSE N’ABANTU BOSE.”

Ni naho yahise ahera agira ati: “Bwoko bw’Imana aho muherereye mwese ndabasuhuje mwizina ry’umwami wacu Yesu Kristo.
Bakundwa nagira ngo mbasangize icyo Umwuka yanshize k’umutima kuruyu munsi tariki ya 6 z’ukwezi kwa gatanu 2025.”

Yakomeje agira ati: “Igihe cyo hanze kirarangiye, igihe cyo kuja hanze kirarangiye, igihe cyo kuba hanze kirarangiye”
Umwuka yakomeje ambwira ko abantu benshi bari mu makambi murwego rwa HCR n’indi miryango yigenga ndetse n’abantu kugiti cyabo bateganya kuja hanze. Mu menye ko umubare nyamwinshi wabo utakigiye. Murabo bose bategereje kujayo, abake cyane nibo bagiye kugenda ariko nubwo bazagenda, bizaba ibyigiye gito cyane, kuko bazahita bagaruka vuba muri Afrika, ndetse umwuka yambwiye ko bamwe mugihe bazaba bari mukirere bagenda, bazahura nabandi kera bazaba bari kugaruka bataha kubazaba baragiye mbere. Ngo kuko igihe cyo kuba hanze kirangiye, ngw’abantu bagataha mu bihugu byabo.”

Yageze aha ahita abaza iki kibazo: “Ibyo ubyumvise wakwibaza uti niki kizaba kibaye?”

Yongeye ati: “Nuko Umwuka yakomeje ambwira ngo nuko INTAMBARA YA GATATU Y’ISI irabaye iri kumarembo, kandi biriya bihugu byose dukunda gusabamo ubuhungiro aribyo Amerika, Australia n’ibindi, bigiye kwinjira mu ntambara ikomeye.
Iyi ntambara izatigisa isi yose, izaba ar’intambara y’igitangaza, izaba aramakundura.
Ibyo nibyo Umwuka yambwiye bavandimwe.”

Dodos, yasoje ubu butumwa agira abantu inama, aho yagize ati: “Rero abantu bagomba gusengera cyane ibihugu byabo rwose kugira ngo amahoro arambye aboneke ubwo ibyo bihugu bikomeye byo mu burengerazuba bw’Isi bizaba biri mu ntambara. Kandi abantu bagomba kwitegurira ibyo bihe bagafata ingamba zizabafasha mugihe ibyo bintu byaba bisohoye. Ndetse nabataha mu bihugu byabo bagasanga yo amahoro.”

Tags: ImpunziIntambaraUbuhanuziYa 3 Y'ISI
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC Freddy Kaniki, Umuhuza bikorwa wungirije w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP–Twirwaneho) akaba n’Umuyobozi w’umutwe wa MRDP–Twirwaneho, yavuze ku hazaza...

Read moreDetails

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga Musenyeri Willy Ngumbi Ngengele, Umushumba wa Diyosezi ya Goma, yashimiye byimazeyo ihuriro ry’AFC/M23 ku mutekano rimaze kugarura mu mujyi...

Read moreDetails

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera Mu ruzinduko rwe mu gihugu cya Libani, Papa Leo yasabiye amahoro igihugu cyibasiwe n’imyaka myinshi...

Read moreDetails

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine Mu rugendo rwe rwerekeza muri Libani avuye muri Turikiya,...

Read moreDetails

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque Papa Léon XIV, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, yatanze urugero rw’ubwubahane n’ubworoherane bw’amadini ubwo yasuraga...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi mukuru wa AFC yatangaje icyihutirwa ingabo ze zigiye gukora vuba aha.

Nangaa yasobanuye uburyo Abanye-Congo bose ari abanyamuryango ba AFC/M23, ndetse n'uburyo Tshisekedi ari gukora ibyaha by'intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?