• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ubuhanuzi bukomeye bwagenewe abibwiraga kuja hanze ya Afrika, ahanini ku mpunzi.

minebwenews by minebwenews
May 6, 2025
in Religion
0
Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuhanuzi bukomeye bwagenewe abibwiraga kuja hanze ya Afrika, ahanini ku mpunzi.

You might also like

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Ijwi ry’Imana, ibicishije mu mugaragu wayo nk’uko yabivuze Ndatinya Dodos, yavuze ko Imana yamuhishuriye ko “igihe cyo kuja hanze kirangiye ku bwoko bw’Imama,” kandi ashimangira cyane ku bari mu makambi y’impunzi.

Ubu butumwa, Dodos uherereye mu Burasizuba bwa Congo, yabutanze abucishishije kuri Minembwe Capital News kuri uyu wa kabiri tariki ya 06/05/2025.

Yanavuze ko Imana yabumuhishuriye uyu munsi ku wa kabiri.

Nk’uko yabikoze, yabuhaye insanganyamatsiko igira iti: “UBUTUMWA KU BWOKO BW’IMANA NDETSE N’ABANTU BOSE.”

Ni naho yahise ahera agira ati: “Bwoko bw’Imana aho muherereye mwese ndabasuhuje mwizina ry’umwami wacu Yesu Kristo.
Bakundwa nagira ngo mbasangize icyo Umwuka yanshize k’umutima kuruyu munsi tariki ya 6 z’ukwezi kwa gatanu 2025.”

Yakomeje agira ati: “Igihe cyo hanze kirarangiye, igihe cyo kuja hanze kirarangiye, igihe cyo kuba hanze kirarangiye”
Umwuka yakomeje ambwira ko abantu benshi bari mu makambi murwego rwa HCR n’indi miryango yigenga ndetse n’abantu kugiti cyabo bateganya kuja hanze. Mu menye ko umubare nyamwinshi wabo utakigiye. Murabo bose bategereje kujayo, abake cyane nibo bagiye kugenda ariko nubwo bazagenda, bizaba ibyigiye gito cyane, kuko bazahita bagaruka vuba muri Afrika, ndetse umwuka yambwiye ko bamwe mugihe bazaba bari mukirere bagenda, bazahura nabandi kera bazaba bari kugaruka bataha kubazaba baragiye mbere. Ngo kuko igihe cyo kuba hanze kirangiye, ngw’abantu bagataha mu bihugu byabo.”

Yageze aha ahita abaza iki kibazo: “Ibyo ubyumvise wakwibaza uti niki kizaba kibaye?”

Yongeye ati: “Nuko Umwuka yakomeje ambwira ngo nuko INTAMBARA YA GATATU Y’ISI irabaye iri kumarembo, kandi biriya bihugu byose dukunda gusabamo ubuhungiro aribyo Amerika, Australia n’ibindi, bigiye kwinjira mu ntambara ikomeye.
Iyi ntambara izatigisa isi yose, izaba ar’intambara y’igitangaza, izaba aramakundura.
Ibyo nibyo Umwuka yambwiye bavandimwe.”

Dodos, yasoje ubu butumwa agira abantu inama, aho yagize ati: “Rero abantu bagomba gusengera cyane ibihugu byabo rwose kugira ngo amahoro arambye aboneke ubwo ibyo bihugu bikomeye byo mu burengerazuba bw’Isi bizaba biri mu ntambara. Kandi abantu bagomba kwitegurira ibyo bihe bagafata ingamba zizabafasha mugihe ibyo bintu byaba bisohoye. Ndetse nabataha mu bihugu byabo bagasanga yo amahoro.”

Tags: ImpunziIntambaraUbuhanuziYa 3 Y'ISI
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse Guverinoma gutangira bidatinze inzira zose zigamije kwemeza...

Read moreDetails

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

by Bahanda Bruce
April 4, 2026
0
UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu Ku munsi nk’uyu w’icyubahiro wa Pasika, abakirisitu hirya no hino ku isi bibuka urupfu...

Read moreDetails

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

by Bahanda Bruce
March 30, 2026
0
Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yongeye gutanga ubutumwa bukomeye bushinja abashoza intambara, agaragaza ko ibikorwa...

Read moreDetails

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi Amazina ye abiri n’icyo asobanuraMose azwi cyane ku izina rya Mose (rikomoka ku rurimi rw’Igiheburayo Mosheh), risobanurwa nk’“uwakuwe mu mazi.” Iri...

Read moreDetails

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana Yoshuwa, mwene Nuni, ni umwe mu bayobozi b’indashyikirwa bagaragaye mu mateka y’Abisirayeli. Azwi cyane nk’uwasimbuye Mose, akayobora ubwoko bw’Imana...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi mukuru wa AFC yatangaje icyihutirwa ingabo ze zigiye gukora vuba aha.

Nangaa yasobanuye uburyo Abanye-Congo bose ari abanyamuryango ba AFC/M23, ndetse n'uburyo Tshisekedi ari gukora ibyaha by'intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?