Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwafashe umwanzuro wo guhasha umutwe w’inyeshamba wa M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 14, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uburyo abasirikare ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, bagiye batumwa muri Kivu Yaruguru, byamaze kumenyekana, ni m’urwego rwo kugira bahashe umutwe wa M23.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Iy’i gahunda yafashwe nyuma y’Ijambo rya Perezida Félix Tshisekedi, igihe yerekezaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru, muri Gahunda yo kwiyamamaza k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, mu Cyumweru gishize, ubwo yageraga i Bukavu, Uvira na Makobola ndetse n’i Goma , mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yasezeranyije abaturage ko agiye kurangiza intambara.

Nk’uko perezida Félix Tshisekedi, yabivuze yavuze ko agiye kurangiza umutwe wa M23, mugihe cy’Iminsi yise ko “arimike.”

Yagize ati: “Mbasezeranye kubaha Amahoro, intambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu nzayirangiza mu minsi itatu. Umutwe wa M23 ngiye kuwumaraho icyo mbasaba mungirire icyizere muzantore mu matora ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.”

Nyuma y’iri jambo, Ingabo zo muri Brigade ya 31, yabaga i Beni bahise bategekekwa kuva Beni na Butembo,bakaja mu bice birimo intambara ihanganishije M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. Regima ziyi brigade, zibiri iya 3204 niya 3203, imwe murizi, bya vuzwe ko izoherezwa Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru, mugihe indi izoherezwa i Sake, muri teritware ya Masisi.

Andi makuru yizewe dukesha Isoko yacu,ahamya ko Ingabo zavanwe muri Kivu y’Amajy’epfo, zizaja i Minova na Goma.

Nk’uko twa bibwiwe n’uko abasirikare bari muri teritware ya Fizi, Uvira na Mwenga, bazajya basiga bake abandi boherezwe guhangana n’u mutwe wa M23, nka Rejima yari mu Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, bazahasiga bake abandi boherezwe Mboko, abari Mboko baje Kabunambo , abari Kabunambo nibo bazoherezwa Minova.

Mu gihe abagiye bavanwa mu bice bya teritware ya Uvira, bo bazoherezwa i Goma, nka bavanwe muri Grupema ya Bijombo, no mu Mujyi wa Uvira no mutundi duce twa teritware ya Uvira, bavanze n’Ingabo z’u Burundi abaribo boherezwa i Goma mu Mujyi.

K’umunsi w’ejo hashize, tariki 13/12/2023, umuvugizi w’igisirikare ca FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjiko Kaiko Guillaume, yahakaniye itangaza Makuru ko batari mubihe byo guhagarika imirwano, nimugihe bari bashinjwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka ko barenze ku masezerano yo guhagarika intambara mu gihe cya masaha 72, nk’uko byari byatangajwe na leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Lawrence Kanyuka, yari yamenyesheje akoresheje urubuga rwa X, avuga ko ziriya Ngabo za RDC zashinze ibirindiro mu maso yabo mu bice bya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo.

Kuba Guverinoma ya Kinshasa, ikomeje kohereza ingabo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bigaragara neza ko yamaze gutegura Urugamba rukaze rwo guhasha umutwe wa M23.

Bruce Bahanda.

Tags: GuhashaLt Col Ndjike Kaiko GuillaumeM23Ubutegetsi bwa Kinshasa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Umukandinda w'iyamamazaga, muri RDC, yapfiriye muri meeting.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?