• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Kinshasa bwatangaje icyo bugiye gukora nyuma y’uko umutwe wa M23 ugize igihe warajegeje ubwo butegetsi ndetse ukaba unamaze kubohoza uturere twinshi.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa Kinshasa  bwatangaje icyo bugiye gukora nyuma y’uko umutwe wa M23 ugize igihe warajegeje ubwo butegetsi ndetse ukaba unamaze kubohoza uturere twinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwatangaje icyo bugiye gukora nyuma y’uko umutwe wa M23 ugize igihe warajegeje ubwo butegetsi ndetse ukaba unamaze kubohoza uturere twinshi.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni byo Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ibinyujije ku muvugizi wayo, Patrick Muyaya, aho yavuze ko igisirikare cy’iki gihugu(FARDC ) kigiye gukora operasiyo ikaze yo guhashya imitwe y’itwaje imbunda irwanira mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Muyaya watangaje ibi aciye kuri RTNC yavuze ko inama y’abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu w’i Cyumweru gishize, yemeje ko FARDC ifashijwe na Wazalendo igiye gukora operasiyo simusiga yo guhashya umutwe wa M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na ADF mu Ntara ya Ituri.

Muri iri jambo rya Muyaya yavuze kandi ko FARDC n’abayifasha kurwanya M23 ko bagomba kwirwanaho mu buryo bwose no kubohoza ibice umutwe wa M23 wagiye wibikaho. Ibice byavuzwe n’uyu muvugizi ibyinshi bikaba biherereye muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo.

Yagize ati: “Inama y’abaminisitiri yemeje ko Ingabo z’igihugu cyacu zigomba kwinjira mu rugamba rwo guhashya umutwe wa M23 mu Ntara ya Kivu Yaruguru naho muri Ituri hakarwanywa ADF.”

Yashimangiye ibi avuga ati: “Ingabo zacu vuba ziraba zamaze kwirukana umwanzi mu bice agenzura.”

Nyuma y’iyo nama ahagana isaha z’umugoroba zo muri week-end habaye imirwano ikaze ni mirwano yabereye mu bice byinshi, nko mu nkengero za Kanyabayonga, iyo mirwano yabereye ahitwa Bushikwa, Kimaka na Kateku.

Ni mu gihe kandi ibindi bitero bikomeye byagabwe mu duce two muri teritware ya Masisi, nk’ahitwa Kisuma na Kibabi ndetse kandi na Bishigiro mu birometero nka 3 uvuye muri centre ya Tongo ho muri teritware ya Rutsuru.

Amakuru dukesha abaturiye ibyo bice avuga neza ko M23 yabashye gusubiza inyuma ibyo bitero yari yagabweho, ndetse kandi muri ibyo bitero bya FARDC n’abambari bayo bari bagabye mu birindiro bya M23 uwo mutwe ubibamburamo ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo n’imbunda zirasa kure.

          MCN.
Tags: Icyo igiyeKinshasaMuyaya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare b’u Burundi bashinjwa kwanga kurwanya umutwe wa M23 bakatiwe igifungo gikarishye.

Abasirikare b'u Burundi bashinjwa kwanga kurwanya umutwe wa M23 bakatiwe igifungo gikarishye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?