Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwokejwe i gitutu ngo binjire mu murongo w’ibiganiro nk’u muti wa mahoro arambye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 10, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya perezida Félix Tshisekedi yahaswe kuja mu ntambwe y’ibiganiro na M23 nk’u muti wo kugera ku mahoro arambye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni Guverinoma y’u Bubiligi nayo yokeje igitutu ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo bemere kuganira n’u mutwe wa M23, uwo bagize igihe bahanganye mu ntambara imaze hafi imyaka irenga ibiri, ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.

U Bubiligi bu binyujije muri minisiteri y’ubanye n’amahanga yayo, yasohoye itangazo ku mugoroba wo k’uwa Gatanu, tariki ya 09/02/2024, riburira leta ya Kinshasa ko ‘gukoresha ingufu za Gisirikare bitazakemura amakimbirane y’intambara bahanganyemo n’u mutwe wa M23.’

I tangazo rya minisiteri y’ubanye n’amahanga y’u Bubiligi, riha i Nama ubutegetsi bwa Guverinema ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko bareka imirwano bakaganira.

Rigira riti: “Igisubizo cyo gukemura amakimbirane ashingiye ku ntambara nti gisaba gukoresha imbaraga za gisirikare. Ni gombwa ko haba gukoresha diplomasi biciye mu biganiro, bityo hakwiye gusubukurwa ibiganiro ku rwego rwa karere.”

U Bubiligi kandi bwasabye ko intambara ikomeje guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, y’aba ihagaze mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Igihugu cy’u Bwongereza nacyo kiri mu bihugu byasabye leta ya Kinshasa kureka imirwano bakinjira mu biganiro nabo bahanganye.

Bagize bati: “Turashigikira impande zihanganye kureka kurwana bakajya mu biganiro.”

Ninyuma y’uko kandi igihugu cya Israel giheruka gusaba RDC kureka guterana amagambo n’igihugu cy’u Rwanda, bagakoresha inzira y’ibiganiro.

Tu bibutse ko u Bufaransa buheruka gutangaza ko “buhangayikishijwe n’intambara ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bwa RDC,” maze basaba ubutegetsi bwa Kinshasa kwinjira mu biganiro kugira bashake amahoro n’umutekano birambye.

Bruce Bahanda.

Tags: Bwo kejwe igitutuM23Nk'u muti wa mahoro arambyeUbutegetsi bwa RDCUmurongo w'ibiganiro
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, ntibacana uwaka na Wazalendo, i Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z'u muryango w'Abibumbye, MONUSCO, ntibacana uwaka na Wazalendo, i Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?