• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa RDC , bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 22, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa RDC , bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’u Burayi ku masezerano uwo muryango uheruka kugirana na leta ya Kigali.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Umuryango w’u bumwe bw’u Burayi uheruka gushira hanze itangazo rigenewe abanyamakuru, rivuga ko uwo muryango wasinyanye amasezerano n’u Rwanda agamije “guteza imbere uruhererekane rw’inzira amabuye y’agaciro anyuramo no mu itunganywa ryayo hagamijwe kuyongerera agaciro no guhangana n’ubucuruzi bw’iyo mari mu buryo butemewe n’amategeko.”

Aya masezerano y’u Rwanda n’u muryango w’u bumwe bw’u Burayi, yasinywe, tariki ya 19/02/2024, asinyirwa i Bruxelles mu Bubiligi.

Abategetsi basinye ayo masezerano, k’uruhande rw’u Rwanda ni minisitiri w’u banye n’amahanga n’u butwererane, Dr Vincent Biruta, mu gihe k’uruhande rw’u muryango w’u bumwe bw’u Burayi, hari komiseri ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga, Jutta Urpilainen.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze muri minisiteri y’ubanye n’amahanga, ihagarariwe na Christophe Lutundula, ya maganye ariya masezerano ivuga ko agamije guha u Rwanda uburyo bwo kw’iba ubutunzi kamere bwa RDC.

Ati: “Twa maganye ubumwe bw’u Burayi, ayo masezerano nta kindi agamije usibye gushishikariza u Rwanda gusahura amabuye y’agaciro yayo.”

Ku bwa Christophe Lutundula yemeza ko ubutaka bw’u Rwanda butagira amabuye y’agaciro habe namba. Yakomeje avuga ko amabuye y’agaciro akanewe cyane ku Isi ko ari “Colta, Cobalt, Lithium n’ayandi,” ashimangira ko u Rwanda ayo mabuye adashobora kuboneka.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yavuze kandi ko kuba EU yahisemo kwifatanya n’u Rwanda mu guteza imbere amabuye y’agaciro bizatuma rukomeza gusahura igihugu cya RDC imitungo yaco, ko hubwo bizarushaho kuruha uburyo bwiza bwo kwinjira muri RDC.

Lutundula yakomeje avuga ko kuba aya masezerano asinywe nyuma y’iminsi mike perezida wa Pologne uheruka mu Rwanda asiga vuze ko iki gihugu mugihe cyoterwa ko yiteguye kugiha ubufasha, bityo RDC ibifata nko kuyibanira nabi.

Ubutegetsi bwa Kinshasa bugashimangira ko u Rwanda nta mabuye y’agaciro rugira, mugihe Jutta Urpilainen aheruka gutangaza ko “rufite umutungo kamere ushobora gufasha abaturage barwo kubona ubukire no gufasha Isi kugera ku bukungu butangiza ibidukikije.

Ishirahamwe ryo mu Rwanda rishinzwe Mine, Gaz na petroli, baheruka gushira icyegeranyo hanze kivuga ko ubutaka bw’u Rwanda burimo amabuye y’agaciro afite agaciro ka $miliyari 150, nk’uko iy’inkuru tuyikesha Bwiza.Com.

   MCN.
Tags: Amabuye y'AgaciroBwa gumukanye umuryango w'u bumwe bw'ibihugu by'u BurayiKu masezerano baheruka kugirana n'u RwandaUbutegetsi bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Salva Kiir n’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, bageze i Kigali mu Rwanda.

Perezida Salva Kiir n'umunyamabanga mukuru w'u muryango w'Afrika y'iburasirazuba, bageze i Kigali mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?