Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa RDC , bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 22, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa RDC , bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’u Burayi ku masezerano uwo muryango uheruka kugirana na leta ya Kigali.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umuryango w’u bumwe bw’u Burayi uheruka gushira hanze itangazo rigenewe abanyamakuru, rivuga ko uwo muryango wasinyanye amasezerano n’u Rwanda agamije “guteza imbere uruhererekane rw’inzira amabuye y’agaciro anyuramo no mu itunganywa ryayo hagamijwe kuyongerera agaciro no guhangana n’ubucuruzi bw’iyo mari mu buryo butemewe n’amategeko.”

Aya masezerano y’u Rwanda n’u muryango w’u bumwe bw’u Burayi, yasinywe, tariki ya 19/02/2024, asinyirwa i Bruxelles mu Bubiligi.

Abategetsi basinye ayo masezerano, k’uruhande rw’u Rwanda ni minisitiri w’u banye n’amahanga n’u butwererane, Dr Vincent Biruta, mu gihe k’uruhande rw’u muryango w’u bumwe bw’u Burayi, hari komiseri ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga, Jutta Urpilainen.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze muri minisiteri y’ubanye n’amahanga, ihagarariwe na Christophe Lutundula, ya maganye ariya masezerano ivuga ko agamije guha u Rwanda uburyo bwo kw’iba ubutunzi kamere bwa RDC.

Ati: “Twa maganye ubumwe bw’u Burayi, ayo masezerano nta kindi agamije usibye gushishikariza u Rwanda gusahura amabuye y’agaciro yayo.”

Ku bwa Christophe Lutundula yemeza ko ubutaka bw’u Rwanda butagira amabuye y’agaciro habe namba. Yakomeje avuga ko amabuye y’agaciro akanewe cyane ku Isi ko ari “Colta, Cobalt, Lithium n’ayandi,” ashimangira ko u Rwanda ayo mabuye adashobora kuboneka.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yavuze kandi ko kuba EU yahisemo kwifatanya n’u Rwanda mu guteza imbere amabuye y’agaciro bizatuma rukomeza gusahura igihugu cya RDC imitungo yaco, ko hubwo bizarushaho kuruha uburyo bwiza bwo kwinjira muri RDC.

Lutundula yakomeje avuga ko kuba aya masezerano asinywe nyuma y’iminsi mike perezida wa Pologne uheruka mu Rwanda asiga vuze ko iki gihugu mugihe cyoterwa ko yiteguye kugiha ubufasha, bityo RDC ibifata nko kuyibanira nabi.

Ubutegetsi bwa Kinshasa bugashimangira ko u Rwanda nta mabuye y’agaciro rugira, mugihe Jutta Urpilainen aheruka gutangaza ko “rufite umutungo kamere ushobora gufasha abaturage barwo kubona ubukire no gufasha Isi kugera ku bukungu butangiza ibidukikije.

Ishirahamwe ryo mu Rwanda rishinzwe Mine, Gaz na petroli, baheruka gushira icyegeranyo hanze kivuga ko ubutaka bw’u Rwanda burimo amabuye y’agaciro afite agaciro ka $miliyari 150, nk’uko iy’inkuru tuyikesha Bwiza.Com.

   MCN.
Tags: Amabuye y'AgaciroBwa gumukanye umuryango w'u bumwe bw'ibihugu by'u BurayiKu masezerano baheruka kugirana n'u RwandaUbutegetsi bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Salva Kiir n’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, bageze i Kigali mu Rwanda.

Perezida Salva Kiir n'umunyamabanga mukuru w'u muryango w'Afrika y'iburasirazuba, bageze i Kigali mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?