• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa RDC , bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 22, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa RDC , bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’u Burayi ku masezerano uwo muryango uheruka kugirana na leta ya Kigali.

You might also like

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Umuryango w’u bumwe bw’u Burayi uheruka gushira hanze itangazo rigenewe abanyamakuru, rivuga ko uwo muryango wasinyanye amasezerano n’u Rwanda agamije “guteza imbere uruhererekane rw’inzira amabuye y’agaciro anyuramo no mu itunganywa ryayo hagamijwe kuyongerera agaciro no guhangana n’ubucuruzi bw’iyo mari mu buryo butemewe n’amategeko.”

Aya masezerano y’u Rwanda n’u muryango w’u bumwe bw’u Burayi, yasinywe, tariki ya 19/02/2024, asinyirwa i Bruxelles mu Bubiligi.

Abategetsi basinye ayo masezerano, k’uruhande rw’u Rwanda ni minisitiri w’u banye n’amahanga n’u butwererane, Dr Vincent Biruta, mu gihe k’uruhande rw’u muryango w’u bumwe bw’u Burayi, hari komiseri ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga, Jutta Urpilainen.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze muri minisiteri y’ubanye n’amahanga, ihagarariwe na Christophe Lutundula, ya maganye ariya masezerano ivuga ko agamije guha u Rwanda uburyo bwo kw’iba ubutunzi kamere bwa RDC.

Ati: “Twa maganye ubumwe bw’u Burayi, ayo masezerano nta kindi agamije usibye gushishikariza u Rwanda gusahura amabuye y’agaciro yayo.”

Ku bwa Christophe Lutundula yemeza ko ubutaka bw’u Rwanda butagira amabuye y’agaciro habe namba. Yakomeje avuga ko amabuye y’agaciro akanewe cyane ku Isi ko ari “Colta, Cobalt, Lithium n’ayandi,” ashimangira ko u Rwanda ayo mabuye adashobora kuboneka.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yavuze kandi ko kuba EU yahisemo kwifatanya n’u Rwanda mu guteza imbere amabuye y’agaciro bizatuma rukomeza gusahura igihugu cya RDC imitungo yaco, ko hubwo bizarushaho kuruha uburyo bwiza bwo kwinjira muri RDC.

Lutundula yakomeje avuga ko kuba aya masezerano asinywe nyuma y’iminsi mike perezida wa Pologne uheruka mu Rwanda asiga vuze ko iki gihugu mugihe cyoterwa ko yiteguye kugiha ubufasha, bityo RDC ibifata nko kuyibanira nabi.

Ubutegetsi bwa Kinshasa bugashimangira ko u Rwanda nta mabuye y’agaciro rugira, mugihe Jutta Urpilainen aheruka gutangaza ko “rufite umutungo kamere ushobora gufasha abaturage barwo kubona ubukire no gufasha Isi kugera ku bukungu butangiza ibidukikije.

Ishirahamwe ryo mu Rwanda rishinzwe Mine, Gaz na petroli, baheruka gushira icyegeranyo hanze kivuga ko ubutaka bw’u Rwanda burimo amabuye y’agaciro afite agaciro ka $miliyari 150, nk’uko iy’inkuru tuyikesha Bwiza.Com.

   MCN.
Tags: Amabuye y'AgaciroBwa gumukanye umuryango w'u bumwe bw'ibihugu by'u BurayiKu masezerano baheruka kugirana n'u RwandaUbutegetsi bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

by Bahanda Bruce
August 9, 2026
0
“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umurundikazi witwa Pamella Mubeza, uheruka kuva muri Canada...

Read moreDetails

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Amakuru akomeje guturuka mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir MINEMBWE...

Read moreDetails

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Salva Kiir n’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, bageze i Kigali mu Rwanda.

Perezida Salva Kiir n'umunyamabanga mukuru w'u muryango w'Afrika y'iburasirazuba, bageze i Kigali mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?