Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bw’Afrika y’Epfo, bwa reze Israel gukora Genocide muri Gaza, Israel yo, ishinja, icyo gihugu gukorana bya hafi n’umutwe w’iterabwoba wa Hamas.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 30, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bw’igihugu ca Afrika y’Epfo, bareze Israel mu muryango w’Abibumbye, bayishinja gukora Genocide muri Gaza, ahamaze amezi akabakaba atatu, habera imirwano hagati y’Igisikare cya Israel n’u mutwe w’iterabwoba wa Hamas.

You might also like

Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

FARDC yakoze impinduka mu buyobozi.

Thomas Lubanga yemeje ko ashigikiye AFC/M23 avuga n’icyo yifuza bakora mu maguru mashya.

N’ikirego leta ya Afrika y’Epfo, bagejeje mu rukiko Mpuzamahanga rwa ICJ, ruherereye i Haye mu Buholandi. Leta ya Perezida Cyirl Ramaphosa, ishinja igihugu ca Israel, kuba kirimo kwica abaturage ba Gaza.

Iki kirego gifite page 80 kivuga ko “ibikorwa bya Israel, ni Genocide, kuko barashaka gusenya burundu igice kimwe cy’abaturage ba Palestine, bashingiye kuruhu no kubwoko.”

Ibiro by’umukuru w’igihugu ca Afrika y’Epfo, nabyo byashimangiye kiriya kirego aho bya tangaje ko iki gihugu cyiyemeje “kurwanya ko hari ahantu aho ari ho hose Genocide yakongera kuba.”

Ibiro by’umukuru w’igihugu, byagize biti: “Afrika y’Epfo itewe impungenge n’abasivile bo muri Gaza bijyanye n’ibitero biri kubagabwaho. Israel iri gukoresha imbaraga z’umurengera itabanjye gutekereza ku baturage no gutegeka abo baturage kuva mu byabo.”

Leta ya Cyirl Ramaphosa, isaba urukiko Mpuzamahanga rw’umuryango w’Abibumbye, gukurikirana by’ihuse ibiri gukorerwa muri Gaza, ko kandi mugihe kitarenze mu Cyumweru gitaha, uru rukiko rwaba rwa fashe imyanzuro kuriki kibazo.

Uru rukiko rwa ICJ, rwa vuze ko rugiye gukurikirana ko Israel ishobora kuba itararenze ku masezerano yasinyiwe i Paris, mu Bufaransa avugako nta handi hazongera kuba Genocide ukundi.

K’urundi ruhande minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Israel, yahakanye ibyo iregwa.

Binyuze mu muvugizi w’iyi minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Israel, bwana Lior Haiat, yavuze ko Afrika y’Epfo, iri gukorana bya hafi n’umutwe w’iterabwoba wa Hamas, wiyemeje kurimbura burundu Israel, ashingira ko uyu mutwe ahubwo ari wo ugomba kubazwa ‘amarira y’abanyagaza.’

Tu bibutseko igitero cya Hamas, kuri Israel, cyagabwe tariki 07/10/2023, gisiga gihitanye abisraeli 1200, abandi barashimutwa. Igisirikare cya Israel (IDF), nacyo mu bitero kimaze kugaba ku mutwe wa Hamas, hamaze gupfa abanyapalesitine, ibihumbi 21.

Bruce Bahanda.

Tags: Bushinja Israel gukora Genocide muri GazaUbutegetsi bw'Afrika y'Epfo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yateye ikibazo uwashyize u Rwanda na Congo...

Read moreDetails

FARDC yakoze impinduka mu buyobozi.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
FARDC yakoze impinduka mu buyobozi.

FARDC yakoze impinduka mu buyobozi. Umugaba mukuru w'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, Lieutenant General Banza Mwalambwe, yakoze impinduka mu gisirikare cya FARDC mu turere tw'imirwano. Izi...

Read moreDetails

Thomas Lubanga yemeje ko ashigikiye AFC/M23 avuga n’icyo yifuza bakora mu maguru mashya.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Thomas Lubanga yemeje ko ashigikiye AFC/M23 avuga n’icyo yifuza  bakora mu maguru mashya.

Thomas Lubanga yemeje ko ashigikiye AFC/M23 avuga n'icyo yifuza bakora mu maguru mashya. Thomas Lubanga uheruka gushyinga umutwe witwaje intwaro ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bw'i Kinshasa, yatangaje...

Read moreDetails

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zafatiye ibihano Umugabo w'Umunya-Somalia, umunya-Uganda n'Umunyafrika-y'Epfo, ibashinja gufasha umutwe w'iterabwoba wa ADF ukorera mu Burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Abahuza babiri kubibazo bya RDC bageze i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Abahuza babiri kubibazo bya RDC bageze i Kinshasa.

Abahuza babiri kubibazo bya RDC bageze i Kinshasa. Sahle Work Zewde wayoboye Ethiopia na Catherine Samba Panza wayoboye Centrafrique bagiriye uruzinduko rwakazi i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

K'u munsi w'ejo hazaza, komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, yamenyesheje ko izatangaza amajwi, y'agateganyo k'u mwanya wa perezida.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?