• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bw’Afrika y’Epfo, bwa reze Israel gukora Genocide muri Gaza, Israel yo, ishinja, icyo gihugu gukorana bya hafi n’umutwe w’iterabwoba wa Hamas.

minebwenews by minebwenews
December 30, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bw’igihugu ca Afrika y’Epfo, bareze Israel mu muryango w’Abibumbye, bayishinja gukora Genocide muri Gaza, ahamaze amezi akabakaba atatu, habera imirwano hagati y’Igisikare cya Israel n’u mutwe w’iterabwoba wa Hamas.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

N’ikirego leta ya Afrika y’Epfo, bagejeje mu rukiko Mpuzamahanga rwa ICJ, ruherereye i Haye mu Buholandi. Leta ya Perezida Cyirl Ramaphosa, ishinja igihugu ca Israel, kuba kirimo kwica abaturage ba Gaza.

Iki kirego gifite page 80 kivuga ko “ibikorwa bya Israel, ni Genocide, kuko barashaka gusenya burundu igice kimwe cy’abaturage ba Palestine, bashingiye kuruhu no kubwoko.”

Ibiro by’umukuru w’igihugu ca Afrika y’Epfo, nabyo byashimangiye kiriya kirego aho bya tangaje ko iki gihugu cyiyemeje “kurwanya ko hari ahantu aho ari ho hose Genocide yakongera kuba.”

Ibiro by’umukuru w’igihugu, byagize biti: “Afrika y’Epfo itewe impungenge n’abasivile bo muri Gaza bijyanye n’ibitero biri kubagabwaho. Israel iri gukoresha imbaraga z’umurengera itabanjye gutekereza ku baturage no gutegeka abo baturage kuva mu byabo.”

Leta ya Cyirl Ramaphosa, isaba urukiko Mpuzamahanga rw’umuryango w’Abibumbye, gukurikirana by’ihuse ibiri gukorerwa muri Gaza, ko kandi mugihe kitarenze mu Cyumweru gitaha, uru rukiko rwaba rwa fashe imyanzuro kuriki kibazo.

Uru rukiko rwa ICJ, rwa vuze ko rugiye gukurikirana ko Israel ishobora kuba itararenze ku masezerano yasinyiwe i Paris, mu Bufaransa avugako nta handi hazongera kuba Genocide ukundi.

K’urundi ruhande minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Israel, yahakanye ibyo iregwa.

Binyuze mu muvugizi w’iyi minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Israel, bwana Lior Haiat, yavuze ko Afrika y’Epfo, iri gukorana bya hafi n’umutwe w’iterabwoba wa Hamas, wiyemeje kurimbura burundu Israel, ashingira ko uyu mutwe ahubwo ari wo ugomba kubazwa ‘amarira y’abanyagaza.’

Tu bibutseko igitero cya Hamas, kuri Israel, cyagabwe tariki 07/10/2023, gisiga gihitanye abisraeli 1200, abandi barashimutwa. Igisirikare cya Israel (IDF), nacyo mu bitero kimaze kugaba ku mutwe wa Hamas, hamaze gupfa abanyapalesitine, ibihumbi 21.

Bruce Bahanda.

Tags: Bushinja Israel gukora Genocide muri GazaUbutegetsi bw'Afrika y'Epfo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

K'u munsi w'ejo hazaza, komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, yamenyesheje ko izatangaza amajwi, y'agateganyo k'u mwanya wa perezida.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?