• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2025
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Leta ya perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuye ku izima igaragaza ko ishinja Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuba yarerekeje mu Rwanda mbere yuko aja mu Burasizuba bw’iki gihugu mu mpera z’ukwezi kwa kane uyu mwaka.

Mbere yuko Joseph Kabila yerekeza i Goma abanjye kunyura i Kigali mu Rwanda, yari yatangaje ko ateganya gusubira mu gihugu cye.

Ubwo amakuru yatangiye kuvugwa ko uyu mugabo yageze i Goma, ni bwo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwatangiye ku mushinja ibyaha, ndetse bumufatira n’ibihano birimo ku mukurikirana mu nkiko, guhagarika ibikorwa by’ishyaka rye rya PPRD no gufatira imitungo ye yose.

Itangazo minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu yasohoye ku itariki ya 24/04/2025, ryasabaga umushinjacyaha mukuru w’u rukiko rushyinzwe kurinda itegeko nshinga ry’iki gihugu gukurikirana Kabila, yagaragaje ko uriya wahoze ari perezida kuba yarakoreye urugendo mu Rwanda cyangwa mu bice bigenzurwa na AFC/M23 birimo kwirengangiza.

Yagize ati: “Nk’uwabaye umukuru w’igihugu ntiyari akwiye kujya mu Rwanda no mu duce twigaruriwe na M23, inzego za Leta zitabizi.”

Ariko nyamara kugeza ubu nta gihamya kigaragaza ko Kabila yaba yarageze i Kigali mu Rwanda cyangwa i Goma, kuko nta photo nta cyabaye, nta nahamwe amashusho amugaragaza ari muri ibyo bice. Ubundi kandi ishyaka rye rya PPRD riri mubanyomoje ariya makuru yavugaga ko aherereye i Goma.

Ndetse nyuma yabwo, uyu Kabila yaje kugaragara ari i Mbabana muri Eswatini, aho yari mu kirori cy’isabukuru y’amavuko y’umwami Muswati III.

Mu cyumweru nabwo gishyize, hari andi makuru yo yavugaga ko perezida Museveni wa Uganda yamwimye inzira yo kuba yakwerekeza mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo avuye mu rimwe mu bihugu byo kuri uyu mugabane wa Afrika.

Tags: ImushinjaKabilaKinshasa
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Ibya RDC n’u Rwanda byongeye kuzamo kidobya.

Ibya RDC n'u Rwanda byongeye kuzamo kidobya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?