• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2025
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Leta ya perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuye ku izima igaragaza ko ishinja Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuba yarerekeje mu Rwanda mbere yuko aja mu Burasizuba bw’iki gihugu mu mpera z’ukwezi kwa kane uyu mwaka.

Mbere yuko Joseph Kabila yerekeza i Goma abanjye kunyura i Kigali mu Rwanda, yari yatangaje ko ateganya gusubira mu gihugu cye.

Ubwo amakuru yatangiye kuvugwa ko uyu mugabo yageze i Goma, ni bwo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwatangiye ku mushinja ibyaha, ndetse bumufatira n’ibihano birimo ku mukurikirana mu nkiko, guhagarika ibikorwa by’ishyaka rye rya PPRD no gufatira imitungo ye yose.

Itangazo minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu yasohoye ku itariki ya 24/04/2025, ryasabaga umushinjacyaha mukuru w’u rukiko rushyinzwe kurinda itegeko nshinga ry’iki gihugu gukurikirana Kabila, yagaragaje ko uriya wahoze ari perezida kuba yarakoreye urugendo mu Rwanda cyangwa mu bice bigenzurwa na AFC/M23 birimo kwirengangiza.

Yagize ati: “Nk’uwabaye umukuru w’igihugu ntiyari akwiye kujya mu Rwanda no mu duce twigaruriwe na M23, inzego za Leta zitabizi.”

Ariko nyamara kugeza ubu nta gihamya kigaragaza ko Kabila yaba yarageze i Kigali mu Rwanda cyangwa i Goma, kuko nta photo nta cyabaye, nta nahamwe amashusho amugaragaza ari muri ibyo bice. Ubundi kandi ishyaka rye rya PPRD riri mubanyomoje ariya makuru yavugaga ko aherereye i Goma.

Ndetse nyuma yabwo, uyu Kabila yaje kugaragara ari i Mbabana muri Eswatini, aho yari mu kirori cy’isabukuru y’amavuko y’umwami Muswati III.

Mu cyumweru nabwo gishyize, hari andi makuru yo yavugaga ko perezida Museveni wa Uganda yamwimye inzira yo kuba yakwerekeza mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo avuye mu rimwe mu bihugu byo kuri uyu mugabane wa Afrika.

Tags: ImushinjaKabilaKinshasa
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Ibya RDC n’u Rwanda byongeye kuzamo kidobya.

Ibya RDC n'u Rwanda byongeye kuzamo kidobya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?