• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bwa M23, berekanye abandi basirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2024
in Regional Politics
0
Ubuyobozi bwa M23, berekanye abandi basirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bwa M23 berekanye abandi basirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Binyuze ku muvugizi wa M23 mu bya gisirikare Lt Col Willy Ngoma, yeretse abanyamakuru abasirikare b’u Burundi bafashwe matekwa mu mirwano ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bahanganyemo na M23, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ibi byabaye kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 04/02/2024. Mbere y’uko igikorwa nyirizana gitangira, abo basirikare b’u Burundi babanje kuririmba indirimbo y’ubahiriza igihugu cyabo cy’u Burundi.

Nyuma aba bafatiwe k’urugamba basobanuye uko bagiye bavanwa iwabo aho bakoreraga akazi ka gisirikare, baza koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23, aho bavuze ko bavanwe i Bujumbura bari mu ndege y’igisikare cya leta ya Congo(FARDC), bahabwa ibikoresho byinshi bya gisirikare bagana i Goma.

Bakomeje bavuga ko ubwo bageze i Goma, bashizwe mu mudoka za FARDC boherezwa i Mushaki, muri teritware ya Masisi, ariko basobanuye ko ba bwibwaga ko bagiye kurwanya Abanyarwanda.

Bakomeje bavuga ko bo bafatiwe k’urugamba mu mirwano yabereye muri teritware ya Masisi, bavuga kandi ko bapfushije abasirikare benshi harimo n’abayobozi bari k’urwego rwa Major na Col.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare Lt Col Willy Ngoma, yaje gusobanura ko ibyo kwerekana abasirikare ba matekwa ba bikora mu rwego rwo kwereka Isi ko Ingabo z’u Burundi ziri mu mirwano muri RDC. Gusa Lt Col Willy Ngoma, avuga ko infungwa z’intambara zirindwa n’amategeko mpuzamahanga arengera ikiremwa muntu.

Lt Col Willy Ngoma yavuze kandi ko perezida Evariste Ndayishimiye bafitanye amasezerano na Tshisekedi agamije guhungabanya umutekano wa baturage mu Burasirazuba bwa RDC.

Abasirikare b’u Burundi berekanwe harimo uwitwa Adjudant Chef Ndikumasabo Therence avuka mu i Mwaro, yabaga mu ngabo zo muri brigade ya 410 muri division ya 4.

Undi ni Adjudant Chef Nkurunziza winjiye mu Gisirikare i Burundi mu mwaka w ‘ 1996, yavuze ko amaze gukorera ahantu henshi hatandukanye, avuga kandi ko ubu yakoraga muri Etat Major ya division ya 1 iyobowe na Brigadier Gen Nyamugaruka.

Abandi berekanwe nabo bari k’urwego rwa Adjudant Chef, harimo uwitwa Adjudant Chef Nkurunziza, wavuze ko bakuwe mu nkambi za gisirikare z’itandukanye, ko kandi bari hagati ya 700 na 800, yasobanuye ko bahurijwe hamwe ahitwa ku Mudugudu, bakora Batayo ya 8 ya TAFOC yari iyobowe na Lt Col Singirankabo.

Aba berekanwe basabye imiryango mpuzamahanga na Sosiyete sivile ko babafasha gusubira mu gihugu cyabo, aba basirikare baje no kwamagana perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye uhakana ko ntangabo ze zafashwe na M23.

Basoje basaba ko leta y’u Burundi yakumvikana na M23 maze abasirikare b’u Burundi baguye k’urugamba barimo na bayobozi bakaja gushingurwa mu cyubahiro mu gihugu cyabo.

Bruce Bahanda.

Tags: Berekanye abandi basirikare b'u Burundi ba fatiwe k'urugambaUbuyobozi bwa M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Urusaku rw’imbunda ziremereye rwu mvikaniye ku muhanda wa Sake-Minova, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Urusaku rw'imbunda ziremereye rwu mvikaniye ku muhanda wa Sake-Minova, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?