• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya FARDC mu Minembwe, bwe mereye abaturage ko ingabo zabo arizo zaraye zirashe abaturage babiri bakomeretse.

minebwenews by minebwenews
May 13, 2024
in World News
0
Ubuyobozi bw’Igisirikare cya FARDC mu Minembwe, bwe mereye abaturage ko ingabo zabo arizo zaraye zirashe abaturage babiri bakomeretse.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya FARDC mu Minembwe bwe mereye abaturage ko ingabo zabo arizo zaraye zirashe abaturage babiri bakomeretse.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Mbere, nibwo abaturage babiri barashwe barakomereka bikabije, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Ay’amakuru atangwa n’abaturage avuga ko ahagana isaha zibiri z’ijoro ryo ku itariki ya 12/05/2024, kwari bwo abasirikare babiri ba Fardc bo muri brigade ya 12, barashe amasasu akomeretsa abasivile babiri bo muri Quartier ya Nyabuyehe aha hoze agasoko ka kera ka Minembwe.

Ni mu gihe aba basirikare barimo banyaga ibyabaturage, ubwo bari bageze muri iyi Quartier yo kwa Nyabuyehe, bahasanze umuturage ahagaze iruhande rw’igipango, bamusaba kubaha amafaranga na telephone, undi nawe yirukira mu gipango imbere.

Nyuma n’ibwo bariya basirikare, binjiye muri icyo gipango barasa amasasu, akomeretsa umuntu umwe ukuguru no munda.

Aba basirikare barakomeje , binjira muri imwe munzu zari aho hafi, niko kurasa undi muturage wari munzu imbere, ba murasa ku kuguru akomereka mu ivi; bamwaka n’amafaranga angana ni 100.000 frc, ndetse n’amatelefone atatu, zirimo iya android n’utundi tubiri duto two guhamagara.

Abari bamaze gukomeretswa n’amasasu yarashwe n’abasirikare, bajanwe kwa muganga kugira ngo bitabweho. Kugeza ubu baracyarimo kuvurwa.

Ku gicamunsi cya none imiryango y’abaturage babiri bakomeretse, bagajeje iki kibazo muri brigade ya 12, maze ubuyobozi bwayo bwemerera aba baturage ko abasirikare babo babiri kwaribo bakoze icyo gikorwa kigayitse, ko kandi bamaze no gutabwa muri yombi, nk’uko abaturage ba bwiye Minembwe Capital News.

Ikindi n’uko iyi miryango y’abaturage bagezweho n’ingaruka zo kuraswa basabye ubu buyobozi bwa brigade ya 12 kubavuza no kubariha indishya ya kababaro.

              MCN.
Tags: ImiryangoMinembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Diplomasi y’igihugu cya  Congo-Kinshasa, iravugwamo uguhuzagurika gukaze, ndetse hamwe ishira ubwambure bw’iki gihugu ku karubanda.

Diplomasi y'igihugu cya Congo-Kinshasa, iravugwamo uguhuzagurika gukaze, ndetse hamwe ishira ubwambure bw'iki gihugu ku karubanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?