Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubwicanyi bukorerwa abasivile i Goma, bukozwe na Wazalendo, bukomeje gufata indi ntera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 24, 2024
in Regional Politics
0
Ubwicanyi bukorerwa abasivile i Goma, bukozwe na Wazalendo, bukomeje gufata indi ntera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukobwa w’u Munyekongo, uri mu kigero cy’imyaka y’amavuko, iri hagati ya 25-27, yishwe arashwe na Wazalendo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni umukobwa wishwe ku mu goroba wo kuri ki Cyumweru, tariki ya 24/03/2024, arashwe na Wazalendo i Goma.

Bivugwa ko yishwe nyuma y’uko Wazalendo bari bamaze “gusahura” muri Quartier yiwabo ahitwa Kilijiwe, ho muri Goma, nk’uko bivugwa n’abamwe mu baturage baturiye ibyo bice.

Ay’amakuru akavuga ko yarashwe ubwo yari akurikiye abakoze ubwo busahuzi. Andi makuru avuga ko yarashwe na Wazalendo nyuma y’uko barimo batongana hagati yabo umwe aza kurasa isasu ry’icya uyu mukobwo w’u Munyekongo.

Umunyekongo Willy Manzi, ukurikirana ibibera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yanditse ubutumwa kurubu rwe rwa X, avuga ko kwica abantu muri RDC ari gahunda ihoraho buri munsi, ko kandi iri mu mipango y’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Yagize ati: “Iyi ni gahunda ya buri munsi, kwica abaturage i Goma ba bigize umwuga. Ni bya Tshisekedi. Wibaze ahantu hari ibihumbi amagana by’abasirikare, abarimo SADC, ingabo z’u Burundi, FDLR, abacanshuro, FARDC na Wazalendo.”

Manzi Willy yavuze kandi ko M23 igomba kuza i Goma kugira ngo irokore abaturage, bave mu kaga baterwa n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ati: “M23 igomba rwose gukora ibishoboka igakiza abaturage i Goma. Nta butegetsi buri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.”

Ibyo bibaye mu gihe kandi i Beni hiciwe umusirikare wo mu ngabo za RDC wishwe arashwe n’abasirikare ba murindaga. Uwiciwe i Beni yari afite ipeti rya Captain, akaba azwi kw’i zina rya Ruziga Kigabo.

Mu byakomeje gutangazwa kuva urupfu rwa Captain Ruziga rumenyekanye byavugwa ko yishwe azira ubwoko bwe Abatutsi.

             MCN.
Tags: Bukomeje gufata indi nteraUbwicanyi muri Goma
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi ngo yaba yamaze gutorera umuti wa makimbirane amaze imyaka y’aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth.

Perezida Félix Tshisekedi ngo yaba yamaze gutorera umuti wa makimbirane amaze imyaka y'aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?