Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubwoba, mu Minembwe nyuma y’uko Ingabo z’u Burundi n’iza RDC, za gomangiye ku k’ibuga cy’Indege kiri ku Kiziba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku k’ibuga cy’Indege giherereye ku Kiziba, homuri Komine Minembwe, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya demokarasi ya Congo, hongeye kugaragara Ingabo ninshi zo mu mutwe wa TAFOC(Ingabo z’u Burundi niza FARDC).

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga bariya basirikare baje bava mu Cyohagati ya za Rwera no ku Ndondo ya Bijombo, muri teritware ya Uvira.

Ni ukuva ku wa Gatatu, tariki 13/12/2023, bariya basirikare b’u Burundi n’aba FARDC, bongeye koherezwa mu Minembwe aribenshi. Amakuru yizewe Minembwe Capital News, ikesha abaturage baturiye ibyo bice, bahamirije Minembwe Capital News ko Ingabo za RDC zo muri Brigade ya 12 zikanze Twirwaneho, nyuma y’uko ahitwa mu Kamombo, hari havuye uwo bita umusaza Mukuru, nk’uko abaturage ba bibwiye MCN.

Ati: “Colonel Alexis Rugabisha, yatinye ubwoba arangizamo Twirwaneho ikindi kintu . Hano hari uwo bita umusaza yari yaje kuramutsa abaturage b’Irwanaho.”

Gusa aba basirikare bo muri brigade ya 12 n’Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, baheruka guta icyizere mu baturage baturiye Komine Minembwe, nimugihe Maï Maï, FDLR n’imitwe igizwe n’insoresore z’Abarundi bari bagabye ibitero mu nkengero za Komine Minembwe, Ingabo za RDC niza barundi, banga kurwanya iriya mitwe y’Inyeshamba yari yagabye ibitero mu baturage ba Banyamulenge, ahitwa Kivumu na Lumba, muri Grupema ya Basimunyaka y’Amajy’epfo, Secteur ya Lulenge.

Tukuri mu misozi miremire y’Imulenge, n’uko Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (Monusco), zari ahitwa mu Mikenke , Secteur ya Itombwe, muri teritware ya Mwenga, basezeye abaturage ba babwira ko bagiye kuva muri ibi bice ariko kugeza ubu bakaba batarahaguruka berekeza i Bukavu, kumurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcIngabo z'u BurundiKi k'ibuga cy'IndegeKizibaMinembweMonuscoTAFOC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi, yahishuye ko na minisitiri w'ingabo Jean Pierre Bemba, afite ise, w'umunyamahanga.

Comments 1

  1. tlover tonet says:
    2 years ago

    Utterly written content material, Really enjoyed looking through.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?