• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Moïse Katumbi, yahishuye ko na minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba, afite ise, w’umunyamahanga.

minebwenews by minebwenews
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukandinda k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, mu matora ateganijwe kuba muri RDC, Moïse Katumbi Chapwe, yahishuye ko minisitiri w’Ingabo muri RDC, Jean Pierre Bemba Gombo, ko afite inkomoko mu gihugu ca Politigal.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Katumbi, ibi yabivuze kubera ko agize igihe ashinjwa n’abanyapolitike ba korera mukwaha kwa perezida Félix Tshisekedi, bamwita umunyamahanga nk’uko na perezida Félix Tshisekedi ubwe yagiye y’umvikana ashinja kandida Moïse Katumbi Chapwe, ko ari umukandinda w’umunyamahanga.

Tshisekedi ubwo yari i Kinshasa, tariki 19/11/2023, basubukura gahunda yo kw’iyamamaza, yagize ati: “Abakandida bamwe ba tumwe n’u Rwanda. Dufite abakandida ba banyamahanga, kugira ngo uzamenye umukandinda w’u Munyamahanga uzatere ikibazo kimwe gusa! kibaza ngwese n’inde wateye intambara mu Burasirazuba bw’iki gihugu? Icyogihe uzabamenya.”

Uko perezida Félix Tshisekedi, yakomeje kw’iyamamaza yageze aho ahishura abo yita abakandida ba banyamahanga, avuga ko ari Katumbi Moïse.

Si Tshisekedi wenyine wise Moïse Katumbi, umunyamahanga abarimo ba Noël Tshiani na Minisitiri w’Ingabo Jean Pierre Bemba Gombo nabo bumvikanye bita Moïse Katumbi umunyamahanga.

Ibi nibyo Moïse Katumbi yagarutseho k’umunsi w’ejo, tariki 14/12/2023, ubwo yaganiraga na Radio France International (RFI).

Yagize ati: “Bemba yahishe inkomoko ye, ntashaka ko abantu bamenya ko akomoka muri Politigal.”

Yunzemo kandi ati: “Ise, umubyara ni umunyapoligale. Njyewe Katumbi sinahisha papa wanjye umbyara kubera politike, iryo kosa sinarikora.”

Bivugwa ko Jean Pierre Bemba Gombo, yavutse, tariki 04/11/1962, avukiye mu gace ka Bokada, mu Ntara ya Equateur, muri RDC.

Izina rye ryamavukiro ni Bemba Gombo, yigezeho kuba visi perezida wa RDC, ahagana mu mwaka w’17/07/2003-6/12/206, hamwe na Azarias Ruberwa, Arthur Z’ahidi Ngoma na Abdoulaye Yerodia Ndombasi.

Gusa papa we bikekwa ko y’aba ari umunyamahanga ariko mamawe akaba umunyekongo uvuka mu Ntara ya Equateur.

Katumbi yanasabye abanyapolitike ba Congo Kinshasa, kurangwa n’Ibikorwa kuruta amagambo.

Bruce Bahanda.

Tags: IseJean Pierre BembaKatumbiMinisitiri w'IngaboRdcW'umunyamahangaYahishuye ko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Agahenge ko guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, Amerika yatangaje ko kongerewe.

Comments 1

  1. tlover tonet says:
    2 years ago

    Some truly wonderful articles on this site, thankyou for contribution.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?