• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 13, 2025
in Conflict & Security
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

You might also like

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

Abarwanyi bashingikiwe na guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bo mu mitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai n’indi iyishamikiyeho ihurikiye mu cyiswe Wazalendo, bivanye mu duce turimo na ka Kibati bivugwa ko bari batwambuye AFC/M23 kuri ubu uyu mutwe ni wo utugenzura.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 13/10/2025, ni bwo byamenyekanye ko AFC/M23 yongeye kwigarurira uduce twose yari yambuwe na Wazalendo duherereye muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize Wazalendo yafashe ibirindiro bine AFC/M23 yari imaze amezi arindwi mu gice cya Kibati, grupema ya Luberike, nyuma y’imirwano ikomeye y’impande zombi yari yatangiye hagati muri kiriya cyumweru.

Ni imirwano yasize abaturage benshi bahungiye mu mashyamba, abandi bahitamo kwigumira mu ngo zabo barazikinga.

Mu ijoro rero ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere, Wazalendo yavuye muri biriya birindiro bine, yerekeza ahitwa i Miba, mu Burengerazuba bwa Kibati.

AFC/M23 yari yarashyize imbaraga muri Kibati nyuma yo kuva mu mujyi wa Walikale mu ntangiriro z’ukwezi kwa kane uyu mwaka nta mirwano ibaye. Icyo gihe yasobanuye ko yabikoze kugira ngo ibiganiro iri kugirana na Leta y’i Kinshasa muri Qatar bigende neza.

Inshuro nyinshi, Wazalendo yagerageje kugaba ibitero ku birindiro bya AFC/M23 muri Kibati no mu nkengero zayo ariko ntacyo byatanze.

Tags: AFC/m23KibatiWazalendo
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe Sio.Sebagabo Rwambara war'uzwi cyane ku izina rya Edinasi, yatabarukanye n'abandi i Lubumbashi mu cyahoze ari Katanga, kuri ubu...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyakozwe na Kinshasa biganisha kuri balkanisation, soma inkuru irambuye

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by'i Doha Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo budashobora guhunga ibiganiro bibera...

Read moreDetails

Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

Igihugu cy'igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR Igihugu cy'igihangange ku isi ari cyo Leta Zunze ubumwe z'Amerika cyavuze ku cyemezo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Umwe mu mijyi ikigenzurwa n’igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Umwe mu mijyi ikigenzurwa n’igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP

Umwe mu mijyi ikigenzurwa n'igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP Umujyi wa Kamituga uherereye muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ukaba umaze iminsi...

Read moreDetails

Amatsinda abiri yo muri Wazalendo yumvanye iminsi muri Kivu y’Epfo benshi muri bo babigwamo

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
Amatsinda abiri yo muri Wazalendo yumvanye iminsi muri Kivu y’Epfo benshi muri bo babigwamo

Amatsinda abiri yo muri Wazalendo yumvanye iminsi muri Kivu y'Epfo benshi muri bo babigwamo Amatsinda abiri yo mu barwanyi bibumbiye mu cyiswe Wazalendo yasubiranyemo ararwana muri Kivu y'Amajyepfo,...

Read moreDetails
Next Post
Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?