Mu matora y’abayobozi b’impunzi yabereye muri Zone ya Kabazana B, iri mu nkambi ya Nakivale mu majyepfo ya Uganda, habereye imvururu zatumye Polisi y’iki gihugu yinjira mu bikorwa byo kugarura ituze.
Aya matora yabaye ku wa kabiri tariki ya 18/11/2025, aho hiyamamaje abakandida batatu: Bizimana, Suzuki Rasita na Shimiyumukiza Posiana, ari na we waje gutorwa nka Chairman mushya.
Umwe mu mpunzi witabiriye amatora yabwiye Minembwe Capital News ko ibibazo byatangiye nyuma y’itangazwa ry’amajwi, ubwo bamwe mu batari bashyigikiye Posiana batangiye kwigaragambya, bafata amabuye n’ibiti mu kwerekana ko batishimiye umusaruro w’amatora.
Abaturage ba Lugushwa mu Myigaragambyo Ikomeye, Bamaganye Wazalendo, Basaba ko Bakurwa mu Gace Kabo Muri centre ya Lugushwa, imwe mu duce dukomeye dukorerwamo ubucuruzi muri teritwari ya Mwenga...
Amasezerano ya Doha Ateganya Kwambura Intwaro Abarwanyi ba Wazalendo Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye mu nyubako ya BDGL mu mujyi wa Goma kuri uyu wa kane tariki ya 20/11/2025,...
Maj.Gen.Nyembo Yasimbuye Gen.Masunzu ku Buyobozi bwa 3ᵉ Zone de Défense Nyuma y’Itabwa muri Yombi Rye Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeje Major General Nyembo Abdallah nk’umuyobozi...
Abarundi bo mu Kibaya cya Ruzizi Baratabaza AFC/M23, Basaba Umutekano n’Amahoro Umuryango w’Abanye-Congo bakomoka mu Burundi batuye mu Kibaya cya Ruzizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, uratabaza usaba...
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy. I Agree