• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uganda yagize icyo ivuga ku bikunzwe gutangazwa na Gen Kainarugaba Muhoozi.

minebwenews by minebwenews
December 22, 2024
in World News
0
Uganda yagize icyo ivuga ku bikunzwe gutangazwa na Gen Kainarugaba Muhoozi.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uganda yagize icyo ivuga ku bikunzwe gutangazwa na Gen Kainarugaba Muhoozi.

You might also like

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Ni ubutumwa bwatanzwe n’umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda, Ofwono Opondo, aho yavuze ko Uganda irajwe ishinga n’ibikomeje gutangazwa na Gen Kainarugaba Muhoozi umugaba mukuru w’ingabo za Uganda. Abitangaza akoresheje urubuga rwa x.

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 21/12/2024 ni bwo Opondo yagarutse ku bitekerezeho Gen Kainarugaba Muhoozi akunze kunyuza kuri x yahoze yitwa Twitter, agaragaza ko atabyishimiye na gato.

Yagize ati: “Si ndabona umugaba mukuru w’ingabo, umuyobozi wa polisi cyangwa umuyobozi mukuru w’urwego rw’ubutasi akora ibintu nk’ibi. Ku Isi hose nta we ndabona. Rwose biduteye impungenge. Ariko nizeye ko murumuna wanjye, umugaba mukuru w’ingabo, ari kumva ndetse akabifata nk’ibikomeye. Akwiye kwisubiraho akita ku buryo atangamo ubutumwa.”

Uyu muvugizi wa Uganda, yanavuze ko nubwo benshi batazerura ngo bagaragarize Muhoozi ububi bw’ibyo bitekerezo atanga, ariko ko na bo bahangayitse ari na yo mpamvu ubona bagerageza kubirwanya, kuko biri kubashyira mu bibazo bikomeye.

Mu Cyumweru gishize, Repubulika ya demokarasi ya Congo na Sudan byagaragaje ko imvugo za Gen Kainarugaba zidakwiye.

Ni mu gihe yari aheruka gukoresha urubuga rwa x, atanga umuburo ku bacanshuro b’Abazungu bakorera mu Burasirazuba bwa RDC, avuga ko ingabo ze zizabagabaho ibitero mu mwaka utaha w’ 2025.

Ndetse kandi avuga ko agiye gukorana na Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu gufata umujyi mukuru wa Sudan, Khartoum.

Sudan na RDC byanamaze kohereza inzandiko ubutegetsi bwa Uganda, zibusaba gutanga ibisobanuro ku butumwa bwa Gen Kainarugaba Muhoozi. Ariko ubwo butumwa Muhoozi yamaze kubusiba.

Ikindi nuko umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’ubanye n’amahanga y’iki gihugu cya Uganda, Vincent Bagire yatangaje ko yamaze kubona izo nzandiko, kandi ko biteguye no kuzisubiza.

Uyu muvugizi wa Uganda, yarangije avuga ko Gen Kainarugaba Muhoozi agomba kumenya ko umwanya w’ubuyobozi bw’igihugu arimo bukomeye, bityo ko akwiye no kwitonda akirinda gutangaza icyo abonye cyose.

Tags: ImvugoMuhoozi
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya...

Read moreDetails

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ese Amerika Yashobora Gutsinda Intambara Iyirwana Yonyine? Amateka Arabivuga Mu Gihe Impaka ku Gusenya NATO Zikomeje

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza impamvu nyamukuru zituma ashaka ko igihugu cye cyagira ububasha...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa imirwano ikaze hagati y’Ababembe n’Ababuyu.

Haravugwa imirwano ikaze hagati y'Ababembe n'Ababuyu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?