• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 15, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa imirwano ikaze hagati y’Ababembe n’Ababuyu.

minebwenews by minebwenews
December 23, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa imirwano ikaze hagati y’Ababembe n’Ababuyu.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa imirwano ikaze hagati y’Ababembe n’Ababuyu.

Isubiranamo ry’Ababembe n’Ababuyu rishingiye ku butaka, rya bereye muri teritware ya Kabambari mu Ntara ya Maniema mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ni imirwano imaze igihe, ariko ikaba yarongeye gufata indi ntera ku buryo budasanzwe kuva tariki ya 11/12/2024.

Amakuru ava muri ibyo bice bikomeje kuberamo imirwano byo muri teritware ya Kabambari avuga ko mu Cyumweru cyo hirya kugeza ku wa gatanu w’iki Cyumweru dusoje byabayemo ihangana rikomeye hagati y’aya moko yombi.

Iri hangana rikaba ryarasize abantu bagera ku 7.200 bavanywe mu byabo nyuma y’imirwano.

Ni amakuru kandi avuga ko abarwana ku ruhande rw’Ababembe baturutse mu duce two muri Secteur ya Ngandji muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko byemezwa na perezida wa sosiyete sivile wo muri Fizi, Samy Kalonji Badibanga.

Uyu Samy Kalonji Badibanga yanavuze ko yageze ahitwa i Lwiko ho muri Kabambari mu rwego rwo guhuza impande zihanganye ariko biba ibyubusa.

Ikindi yavuze nuko aha i Lwiko yageze ni ko gace katangiriyemo imirwano yo gusubiranamo hagati y’Ababembe n’Ababuyu.

Avuga kandi ko abahunze benshi kuri ubu barara mu mashyamba, abandi bafite abana bagiye bahungira mu mashuri no mu nsengero, ziri ahitwa Penemembe no mu tundi duce turi munkengero yayo.

Kugeza ubu abakuwe mu byabo nta mfashanyo barahabwa, nk’uko sosiyete sivile yakomeje ibivuga.

Tags: AbabembeAbabuyuIsubiranamoKabambali

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Ibyo wa menya ku ruzinduko rudasanzwe Tshisekedi yagiriye i Bujumbura, n’uko intambara ihagaze muri Lubero.

Ibyo wa menya ku ruzinduko rudasanzwe Tshisekedi yagiriye i Bujumbura, n'uko intambara ihagaze muri Lubero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urugendo rwa Depite Justin Bitakwira rwateje impaka
  • U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
  • Kinshasa: Dore Uko Urugendo rw’Imyigaragambyo Rwagenze, Aho Rwarangiye Rutageze ku Ntego
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?