• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uhagarariye komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora, muri RDC, yatangaje ko abakandida bakoresheje ruswa kugira batsinde Amatora bagiye guhanwa.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uhagarariye komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Denis Kadima, yatangaje ko CENI, y’igihugu igiye gukurikirana abakandida bakoresheje ruswa kugira ngo bazatsinde Amatora.

You might also like

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

N’icyemezo cyafashwe ku Cyumweru, tariki 31/12/2023, nk’uko bya tangajwe na perezida w’iyi Komisiyo y’Amatora, aho yagize ati: “Ibikoresho by’itora hakoreshejwe ikorana buhanga rya garagaje ko bamwe mu bakandida biyamamariza u mwanya w’umukuru w’igihugu n’u mwanya wa badepite, bagerageje gutanga ruswa ku bakozi ba CENI, mu rwego rwo kugira ngo bazatsinde Amatora.”

Yakomeje agira ati: “Kuri ubwo rero impuguke zacyu zabashe gutahura ibintu bidasanzwe bizabasha korohereza imirimo ya Komisiyo yashizweho n’inteko rusange ya CENI. Ibihano rero birategejerejwe ku bakandida bakoresheje ruswa mu kuriganya.”

Kadima, yanavuze ko hari n’abandi bakandida ahanini k’u mwanya w’umukuru w’igihugu bagerageje gukoresha itera bwoba ku gira barebe ko botsinda aya matora.

Ati: “Bamwe mu bakandida biyamamariza u mwanya w’umukuru w’igihugu, bagiye bashira itera bwoba ku bakozi ba CENI, ndetse bakoresha na ruswa abo bagomba gufatirwa ibihano. Ibyo byose CENI yarabikumiriye, Amatora agenda neza.”

K’urundi ruhande, Denis Kadima, yibajije ibi bibazo ubwo yaganiraga n’abanyamakuru i Kinshasa, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1/1/2024, agira ati: “N’inde wagize icyaronka kubera ibyaha? Nta gushidikanya abakandida k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, nibo banyibayazana wa manyanga ya kozwe yose muri ay’Amatora.”

Yakomeje agaragaza ko ay’amatora yakozwe neza kandi mu bwisanzure ko kandi buri majwi yagiye abarwa bahereye kuri buri biro y’itora.

Denis Kadima, akaba yarangije abwira abanyekongo ko ay’amatora agomba kwandikwa mu mateka ya Congo ngo kur’izi mpamvu: “Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, akwiye kwa ndikwa mu mateka ya Congo, icyambere abantu miliyoni 44, biyandikishije mu mezi ane gusa! Abakandida 101.000, k’u rwego rwa perezida w’igihugu na badepite, biyamamaje mu mahoro, abatoreye hanze ya Congo, n’abo batoye mu bwisanzure. Internet ntiyigeze icibwa Abacuruzi bakomeje akazi kabo bisanzwe. Nta gikorwa nakimwe cyigeze gihungabana kubera Amatora.”

Mu gihe k’urundi ruhande abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi, barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege na Moïse Katumbi Chapwe ndetse naza Sosiyete sivile banenze ay’amatora haba no gusaba ko uyahagarariye akwiye gutabwa muriyombi azira kuba yarakoresheje uburiganya muri ay’Amatora.

Kugeza ubu impande ninshi zikomeje gusaba ko Amatora yasubirwamo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abakandida bakoresheje ruswa kugira batsinde Amatora bagiye guhanwaDenis Kadima
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

U Rwanda Rurashinja RDC n'u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w'Akarere Leta y’u Rwanda, ibinyujije mu itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yatangarije amahanga ko...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails
Next Post

Abanyekongo bo ngeye kwibaza ibihe bagiye kwinjiramo nyuma y'uko Moïse Katumbi, atangaje ibikaze.

Comments 1

  1. Mugunguza Fidele says:
    2 years ago

    Turaza kureba uko birangira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?