• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 31, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uhagarariye komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora, muri RDC, yatangaje ko abakandida bakoresheje ruswa kugira batsinde Amatora bagiye guhanwa.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uhagarariye komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Denis Kadima, yatangaje ko CENI, y’igihugu igiye gukurikirana abakandida bakoresheje ruswa kugira ngo bazatsinde Amatora.

You might also like

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

N’icyemezo cyafashwe ku Cyumweru, tariki 31/12/2023, nk’uko bya tangajwe na perezida w’iyi Komisiyo y’Amatora, aho yagize ati: “Ibikoresho by’itora hakoreshejwe ikorana buhanga rya garagaje ko bamwe mu bakandida biyamamariza u mwanya w’umukuru w’igihugu n’u mwanya wa badepite, bagerageje gutanga ruswa ku bakozi ba CENI, mu rwego rwo kugira ngo bazatsinde Amatora.”

Yakomeje agira ati: “Kuri ubwo rero impuguke zacyu zabashe gutahura ibintu bidasanzwe bizabasha korohereza imirimo ya Komisiyo yashizweho n’inteko rusange ya CENI. Ibihano rero birategejerejwe ku bakandida bakoresheje ruswa mu kuriganya.”

Kadima, yanavuze ko hari n’abandi bakandida ahanini k’u mwanya w’umukuru w’igihugu bagerageje gukoresha itera bwoba ku gira barebe ko botsinda aya matora.

Ati: “Bamwe mu bakandida biyamamariza u mwanya w’umukuru w’igihugu, bagiye bashira itera bwoba ku bakozi ba CENI, ndetse bakoresha na ruswa abo bagomba gufatirwa ibihano. Ibyo byose CENI yarabikumiriye, Amatora agenda neza.”

K’urundi ruhande, Denis Kadima, yibajije ibi bibazo ubwo yaganiraga n’abanyamakuru i Kinshasa, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1/1/2024, agira ati: “N’inde wagize icyaronka kubera ibyaha? Nta gushidikanya abakandida k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, nibo banyibayazana wa manyanga ya kozwe yose muri ay’Amatora.”

Yakomeje agaragaza ko ay’amatora yakozwe neza kandi mu bwisanzure ko kandi buri majwi yagiye abarwa bahereye kuri buri biro y’itora.

Denis Kadima, akaba yarangije abwira abanyekongo ko ay’amatora agomba kwandikwa mu mateka ya Congo ngo kur’izi mpamvu: “Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, akwiye kwa ndikwa mu mateka ya Congo, icyambere abantu miliyoni 44, biyandikishije mu mezi ane gusa! Abakandida 101.000, k’u rwego rwa perezida w’igihugu na badepite, biyamamaje mu mahoro, abatoreye hanze ya Congo, n’abo batoye mu bwisanzure. Internet ntiyigeze icibwa Abacuruzi bakomeje akazi kabo bisanzwe. Nta gikorwa nakimwe cyigeze gihungabana kubera Amatora.”

Mu gihe k’urundi ruhande abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi, barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege na Moïse Katumbi Chapwe ndetse naza Sosiyete sivile banenze ay’amatora haba no gusaba ko uyahagarariye akwiye gutabwa muriyombi azira kuba yarakoresheje uburiganya muri ay’Amatora.

Kugeza ubu impande ninshi zikomeje gusaba ko Amatora yasubirwamo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abakandida bakoresheje ruswa kugira batsinde Amatora bagiye guhanwaDenis Kadima
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026 Mu myaka ya vuba, umugabane wa Afurika wakomeje kugaragaza impinduka zifatika mu...

Read moreDetails

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails
Next Post

Abanyekongo bo ngeye kwibaza ibihe bagiye kwinjiramo nyuma y'uko Moïse Katumbi, atangaje ibikaze.

Comments 1

  1. Mugunguza Fidele says:
    2 years ago

    Turaza kureba uko birangira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?