• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uhagarariye komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora, muri RDC, yatangaje ko abakandida bakoresheje ruswa kugira batsinde Amatora bagiye guhanwa.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uhagarariye komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Denis Kadima, yatangaje ko CENI, y’igihugu igiye gukurikirana abakandida bakoresheje ruswa kugira ngo bazatsinde Amatora.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’icyemezo cyafashwe ku Cyumweru, tariki 31/12/2023, nk’uko bya tangajwe na perezida w’iyi Komisiyo y’Amatora, aho yagize ati: “Ibikoresho by’itora hakoreshejwe ikorana buhanga rya garagaje ko bamwe mu bakandida biyamamariza u mwanya w’umukuru w’igihugu n’u mwanya wa badepite, bagerageje gutanga ruswa ku bakozi ba CENI, mu rwego rwo kugira ngo bazatsinde Amatora.”

Yakomeje agira ati: “Kuri ubwo rero impuguke zacyu zabashe gutahura ibintu bidasanzwe bizabasha korohereza imirimo ya Komisiyo yashizweho n’inteko rusange ya CENI. Ibihano rero birategejerejwe ku bakandida bakoresheje ruswa mu kuriganya.”

Kadima, yanavuze ko hari n’abandi bakandida ahanini k’u mwanya w’umukuru w’igihugu bagerageje gukoresha itera bwoba ku gira barebe ko botsinda aya matora.

Ati: “Bamwe mu bakandida biyamamariza u mwanya w’umukuru w’igihugu, bagiye bashira itera bwoba ku bakozi ba CENI, ndetse bakoresha na ruswa abo bagomba gufatirwa ibihano. Ibyo byose CENI yarabikumiriye, Amatora agenda neza.”

K’urundi ruhande, Denis Kadima, yibajije ibi bibazo ubwo yaganiraga n’abanyamakuru i Kinshasa, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1/1/2024, agira ati: “N’inde wagize icyaronka kubera ibyaha? Nta gushidikanya abakandida k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, nibo banyibayazana wa manyanga ya kozwe yose muri ay’Amatora.”

Yakomeje agaragaza ko ay’amatora yakozwe neza kandi mu bwisanzure ko kandi buri majwi yagiye abarwa bahereye kuri buri biro y’itora.

Denis Kadima, akaba yarangije abwira abanyekongo ko ay’amatora agomba kwandikwa mu mateka ya Congo ngo kur’izi mpamvu: “Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, akwiye kwa ndikwa mu mateka ya Congo, icyambere abantu miliyoni 44, biyandikishije mu mezi ane gusa! Abakandida 101.000, k’u rwego rwa perezida w’igihugu na badepite, biyamamaje mu mahoro, abatoreye hanze ya Congo, n’abo batoye mu bwisanzure. Internet ntiyigeze icibwa Abacuruzi bakomeje akazi kabo bisanzwe. Nta gikorwa nakimwe cyigeze gihungabana kubera Amatora.”

Mu gihe k’urundi ruhande abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi, barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege na Moïse Katumbi Chapwe ndetse naza Sosiyete sivile banenze ay’amatora haba no gusaba ko uyahagarariye akwiye gutabwa muriyombi azira kuba yarakoresheje uburiganya muri ay’Amatora.

Kugeza ubu impande ninshi zikomeje gusaba ko Amatora yasubirwamo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abakandida bakoresheje ruswa kugira batsinde Amatora bagiye guhanwaDenis Kadima
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Abanyekongo bo ngeye kwibaza ibihe bagiye kwinjiramo nyuma y'uko Moïse Katumbi, atangaje ibikaze.

Comments 1

  1. Mugunguza Fidele says:
    2 years ago

    Turaza kureba uko birangira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?