• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 20, 2025
in World News
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

You might also like

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y’uko aheruka kuvugwaho ibyo we yita ibinyoma na perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yamusabye ko bohurira mu kiganiro bakoresheje imwe mu ma radio akorera imbere mu gihugu, mu rwego rwo kugira ngo “umunyakuri hagati yabo bombi amenywe n’abaturage b’iki gihugu.”

Bikubiye mu butumwa Pacifique yatambukije akoresheje urubuga rwe rwa Facebook, aho yagize ati: “Ibinyoma Ndayishimiye yanambitse, ndifuza kubibeshyuza imbere y’abaturage b’u Burundi. Kuko na we yabivugiraga aho ndashobora kugera ngo mu beshyuze.”

Yakomeje ati: “Niba perezida w’u Burundi ibyo yamvugagaho abihagazeho, azi neza ko ari ukuri! Niyemere ategure, tuzahure(njye na we), kuri imwe mu ma radio ari mu Burundi, maze tuganire Abarundi bose batwumva, bamenye umubeshyi hagati yacu.”

Pacifique yanavuze kandi ko mu gihe perezida Ndayishimiye yobona ko atomwitaba kubera icyubahiro, yomwoherereza intumwa bakaganira babigenje nk’uko, bagakoresha imwe mu ma radio avugira imbere mu gihugu cy’u Burundi.

Ati: “Ashobora kunsunzugura, akabona ko ntakorana na we ikiganiro. Azohereze intumwa yiwe, ahe uburenganzira radio azahitamo mu Burundi, dukore icyo kiganiro.”

Ni mu gihe tariki ya 15/20/2025, perezida Ndayishimiye ubwo yagiriraga uruzinduko mu Rutana, intara imwe yo mu Burundi, imbere y’abaturage ibihumbi, ababwira ko Pacifique Nininahazwe ari “umunyakinyoma.”

Anasaba amaradio yose yo muri iki gihugu, kudaha agaciro ibyo anyuza mu biganiro akora ni byo yandika akoresheje imbugankoranyambaga.

Yagize ati: “Ibinyamakuru na maradio byose bikorera mu Burundi, mwime uwitwa Pacifique Nininahazwe ijambo. Ni umunyakinyoma.”

Yanavuze kandi ko ashaka kuyobora iki gihugu, ndetse ko n’ibyo avuga byose abafite abamukoresha.

Mu busanzwe bizwi ko uyu Pacifique Nininahazwe ashyira ukuri kose hanze, ku bikorerwa mu Burundi bikozwe n’abayobozi babwo.

Ndetse kandi anavuga no ku ntambara Ingabo z’iki gihugu zagiyemo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho zifatanya n’iza FARDC kwica abasivili cyane cyane abo mu bwoko bw’Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange.

Agera aho akagaya imikorere y’izo ngabo ndetse n’iza FARDC zagiye gufasha.
Usibye ibyo, anatabariza Abarundi bagenzi be bari mu kaga, abari mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afrika, no hanze yayo.

Ibyo abikora ari mu gihugu cy’u Bubiligi, icyo amazemo imyaka irenga itanu yaragihungiyemo.

Tags: Ndayishimiyepacifique
Share24Tweet15Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?