• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 20, 2025
in World News
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y’uko aheruka kuvugwaho ibyo we yita ibinyoma na perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yamusabye ko bohurira mu kiganiro bakoresheje imwe mu ma radio akorera imbere mu gihugu, mu rwego rwo kugira ngo “umunyakuri hagati yabo bombi amenywe n’abaturage b’iki gihugu.”

Bikubiye mu butumwa Pacifique yatambukije akoresheje urubuga rwe rwa Facebook, aho yagize ati: “Ibinyoma Ndayishimiye yanambitse, ndifuza kubibeshyuza imbere y’abaturage b’u Burundi. Kuko na we yabivugiraga aho ndashobora kugera ngo mu beshyuze.”

Yakomeje ati: “Niba perezida w’u Burundi ibyo yamvugagaho abihagazeho, azi neza ko ari ukuri! Niyemere ategure, tuzahure(njye na we), kuri imwe mu ma radio ari mu Burundi, maze tuganire Abarundi bose batwumva, bamenye umubeshyi hagati yacu.”

Pacifique yanavuze kandi ko mu gihe perezida Ndayishimiye yobona ko atomwitaba kubera icyubahiro, yomwoherereza intumwa bakaganira babigenje nk’uko, bagakoresha imwe mu ma radio avugira imbere mu gihugu cy’u Burundi.

Ati: “Ashobora kunsunzugura, akabona ko ntakorana na we ikiganiro. Azohereze intumwa yiwe, ahe uburenganzira radio azahitamo mu Burundi, dukore icyo kiganiro.”

Ni mu gihe tariki ya 15/20/2025, perezida Ndayishimiye ubwo yagiriraga uruzinduko mu Rutana, intara imwe yo mu Burundi, imbere y’abaturage ibihumbi, ababwira ko Pacifique Nininahazwe ari “umunyakinyoma.”

Anasaba amaradio yose yo muri iki gihugu, kudaha agaciro ibyo anyuza mu biganiro akora ni byo yandika akoresheje imbugankoranyambaga.

Yagize ati: “Ibinyamakuru na maradio byose bikorera mu Burundi, mwime uwitwa Pacifique Nininahazwe ijambo. Ni umunyakinyoma.”

Yanavuze kandi ko ashaka kuyobora iki gihugu, ndetse ko n’ibyo avuga byose abafite abamukoresha.

Mu busanzwe bizwi ko uyu Pacifique Nininahazwe ashyira ukuri kose hanze, ku bikorerwa mu Burundi bikozwe n’abayobozi babwo.

Ndetse kandi anavuga no ku ntambara Ingabo z’iki gihugu zagiyemo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho zifatanya n’iza FARDC kwica abasivili cyane cyane abo mu bwoko bw’Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange.

Agera aho akagaya imikorere y’izo ngabo ndetse n’iza FARDC zagiye gufasha.
Usibye ibyo, anatabariza Abarundi bagenzi be bari mu kaga, abari mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afrika, no hanze yayo.

Ibyo abikora ari mu gihugu cy’u Bubiligi, icyo amazemo imyaka irenga itanu yaragihungiyemo.

Tags: Ndayishimiyepacifique
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?