• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 20, 2025
in World News
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

You might also like

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y’uko aheruka kuvugwaho ibyo we yita ibinyoma na perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yamusabye ko bohurira mu kiganiro bakoresheje imwe mu ma radio akorera imbere mu gihugu, mu rwego rwo kugira ngo “umunyakuri hagati yabo bombi amenywe n’abaturage b’iki gihugu.”

Bikubiye mu butumwa Pacifique yatambukije akoresheje urubuga rwe rwa Facebook, aho yagize ati: “Ibinyoma Ndayishimiye yanambitse, ndifuza kubibeshyuza imbere y’abaturage b’u Burundi. Kuko na we yabivugiraga aho ndashobora kugera ngo mu beshyuze.”

Yakomeje ati: “Niba perezida w’u Burundi ibyo yamvugagaho abihagazeho, azi neza ko ari ukuri! Niyemere ategure, tuzahure(njye na we), kuri imwe mu ma radio ari mu Burundi, maze tuganire Abarundi bose batwumva, bamenye umubeshyi hagati yacu.”

Pacifique yanavuze kandi ko mu gihe perezida Ndayishimiye yobona ko atomwitaba kubera icyubahiro, yomwoherereza intumwa bakaganira babigenje nk’uko, bagakoresha imwe mu ma radio avugira imbere mu gihugu cy’u Burundi.

Ati: “Ashobora kunsunzugura, akabona ko ntakorana na we ikiganiro. Azohereze intumwa yiwe, ahe uburenganzira radio azahitamo mu Burundi, dukore icyo kiganiro.”

Ni mu gihe tariki ya 15/20/2025, perezida Ndayishimiye ubwo yagiriraga uruzinduko mu Rutana, intara imwe yo mu Burundi, imbere y’abaturage ibihumbi, ababwira ko Pacifique Nininahazwe ari “umunyakinyoma.”

Anasaba amaradio yose yo muri iki gihugu, kudaha agaciro ibyo anyuza mu biganiro akora ni byo yandika akoresheje imbugankoranyambaga.

Yagize ati: “Ibinyamakuru na maradio byose bikorera mu Burundi, mwime uwitwa Pacifique Nininahazwe ijambo. Ni umunyakinyoma.”

Yanavuze kandi ko ashaka kuyobora iki gihugu, ndetse ko n’ibyo avuga byose abafite abamukoresha.

Mu busanzwe bizwi ko uyu Pacifique Nininahazwe ashyira ukuri kose hanze, ku bikorerwa mu Burundi bikozwe n’abayobozi babwo.

Ndetse kandi anavuga no ku ntambara Ingabo z’iki gihugu zagiyemo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho zifatanya n’iza FARDC kwica abasivili cyane cyane abo mu bwoko bw’Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange.

Agera aho akagaya imikorere y’izo ngabo ndetse n’iza FARDC zagiye gufasha.
Usibye ibyo, anatabariza Abarundi bagenzi be bari mu kaga, abari mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afrika, no hanze yayo.

Ibyo abikora ari mu gihugu cy’u Bubiligi, icyo amazemo imyaka irenga itanu yaragihungiyemo.

Tags: Ndayishimiyepacifique
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

by Bahanda Bruce
August 4, 2026
0
Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare Mu gihe Perezida wa Cameroun Paul Biya akomeje kutagaragara...

Read moreDetails

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv Intambara hagati y'u Burusiya na Ukraine ikomeje gufata indi ntera, nyuma y'uko mu gitondo cyo ku wa...

Read moreDetails

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura MINEMBWE CAPITAL NEWS Umwuka wa politiki n'umutekano...

Read moreDetails

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n'Icyo Bisobanura MINEMBWE CAPITAL NEWS Imyitwarire ya Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?