• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uko byifashe i Bukavu kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025.

minebwenews by minebwenews
February 16, 2025
in Regional Politics
0
Uko byifashe i Bukavu kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byifashe i Bukavu kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Kuri iki Cyumweru, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyari cyatangaje ko ari cyo kigenzura umujyi wa Bukavu, ariko byaje kunyomozwa n’amashusho abigaragaza n’abaturage baturiye uwo mujyi, ndetse n’umutwe wa M23 ubinyujije ku muvugizi wayo mu bya gisirikare.

Ijoro ryo ku wa Gatandatu amakuru yavuye muri ibyo bice by’i Bukavu yavuze ko M23 yikuye muri uwo mujyi yari yafashe ku wa Gatanu, FARDC iwugarukamo.

Ariko amakuru Minembwe.com ikesha umurwanyi wo muri m23 avuga ko uyu mutwe wari wasubiye inyuma kumpamvu za tekiniki. Kandi ko ingabo za Leta zitawugatutsemo, kuko ngo zari zahungiye kure.

Ibyo byemejwe kandi n’umunyamakuru w’iradio ya maendereo y’i Bukavu aho yabwiye BBC ko ibyo kuba ingabo za FARDC bivugwa ko zagarutse mu mujyi wa Bukavu atabizi, kandi ko ntazo zihagaragara.

Mu kugaragaza ko M23 ari yo iri i Bukavu, umuvugizi w’uyu mutwe wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma kuri X ye, yagaragaje video n’ifoto y’abarwanyi ba M23 bari ahazwi nko kuri Place de l’indepandance, mu mujyirwagati wa Bukavu.

Ubwo uyu muvugizi wa M23 yabazwa kubivugwa n’ingabo za leta (FARDC) ko ari zo ziri muri uyu mujyi, yabanjye guseka, arangije avuga ko amashusho yonyine abyivugira.

Nanone kandi hari andi mashusho atandukanye yerekanye M23 iri mu biganiro n’abaturage bo mu mujyi wa Bukavu kuri stade nto izwi nka Palace du 24.

Muri ayo mashusho, humvikanye ubutumwa General Bernard Maheshe Byamungu icyegera cy’umugaba w’ingabo za M23, yijeje abaturage ba Bukavu umutekano amasaha 24 kuri 24.

Ahagana isaha z’igitondo cyo kuri iki Cyumweru, mu nkengero z’umujyi wa Bukavu no hagati mu mujyi, hagaragaye imirongo y’ingabo za M23 zirimo kugendagenda.

Abaturage baturiye uwo mujyi bagiye batanga ubutumwa bw’amashusho bugaragaza ko abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 ko bakomeje kwiyongera muri ibi bice.

Kimwecyo, mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri iki Cyumweru, mu bice bitandukanye byo muri Bukavu humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi, ariko rwagiye rugabunuka uko amasaha yagiye azamuka.

Kurundi ruhande, imfungwa zari zifungiwe muri Gereza nkuru ya Bukavu, zatorotse. Bivugwa ko zatorotse nyuma y’aho abacunga gereza n’abashinzwe umutekano ba RDC bahunze, mu gihe M23 yinjiraga muri uyu mujyi.

Ikindi n’uko izi mfungwa zagerageje gutoroka ku itariki ya 14/02/2025, ubwo abarwanyi ba mbere ba M23 bageraga i Bukavu, ariko icyo gihe izi mfungwa ntibyazikundiye gutoroka zose, ariko muri iri joro bwagiye guca zaciyeho zose, kuko gereza irera.

Hagataho umutekano w’i Bukavu, M23 yavuze ko aba yirimo bagiye guhumeka neza, nyuma y’uko leta ya Kinshasa yari igize igihe itoteza abavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

Willy Ngoma yagize ati: “Noneho abatuye muri Bukavu bahumeka umwuka wo kubohorwa.”

Tags: BukavuFardcM23
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kuri Maj.Gen. Makenga uri gukora ibyari byarananiye abandi muri RDC.

Ibyo wa menya kuri Maj.Gen. Makenga uri gukora ibyari byarananiye abandi muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?