• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2025
in Conflict & Security
0
Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

You might also like

Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga

Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale

Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe

Nyuma y’aho i Mulenge ho muri Kivu y’Amajyepfo hakomeje kuvugwa ibitero byenda kuhagabwa, hari uduce ihuriro ry’Ingabo za Congo ari nazo zirimbanyije kugaba ibyo bitero zatangiye kugaragaramo ndetse havugwa naho zigambiriye gutera.

Bikubiye mu butumwa twahawe n’abamwe mu baturiye utwo duce bahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News.

Ubutumwa bwabo bugira buti: “Bamwe mubo mw’ihuriro ry’Ingabo za RDC ari nabo banzi bagaba ibitero, bagaragaye kuri Buyaga no mu tundi duce duherereye hafi aho.”

Buyaga akaba ari agace gatunganye mu bice byerekeza ahagana i Mirimba uvuye za Rugezi.

Mirimba ivugwa izwi nk’igice gikomeye gisigariyemo FDLR na Wazalendo ndetse n’ingabo z’u Burundi, nyuma y’aho yambuwe Rugezi mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka yahoze ari indiri yabo ikomeye kuva mu mwaka wa 2018.

Ibi by’umwanzi kugaragara muri utwo duce byatumye hongera kuba ubwoba kubaherereye mu Rugezi no mu nkengero za centre ya Minembwe.

Ati: “Byari bizwi ko umwanzi agaba ibitero mu Rugezi mu ijoro ryaraye rikeye, ariko naho atabigabye, ariko ntacyizere cy’uko yagaragariye ubusa. Buriya ari kwitegura.”

Ahandi havuzwe umwanzi ari gutegura kuhagaba ibitero ni mu Mikenke, kuko amakuru avayo avuga ko umwanzi agambiriye kuhatera.

Ati: “Mu Mikenke bararanye ubwoba ko umwanzi aturuka kuri Point Zero akabagabaho ibitero.”

Naho iki gice cya Mikenke nta mwanzi wakigaragayemo nk’uko yagaragaye mu nshe za Rugezi, ariko bo babwiwe ayo makuru n’abamwe bo mu ihuriro ry’ingabo za Congo, babunyujije mu butumwa bw’inyandiko.

Ibi byatumye n’abo bararana ubwoba, ariko kubw’amahirwe ya nyagasani babyutse amahoro.

Ibi bibaye mu gihe mu mu ntangiriro z’iki cyumweru turimo, havuzwe ko leta iri gutegura kugaba ibitero mu Banyamulenge, cyane mu Rurambo, Rugezi, Minembwe na Mikenke.

Ni mu gihe iyi Leta yohereje i Uvira na Fizi abasirikare bayo ibihumbi 60, aba bagiye bava mu bice bitandukanye harimo abaturutse i Kalemi, Kisangani, Kindu n’ahandi.

Uyu muteguro Leta irimo ugamije kwisubize ibice byose ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/Twirwaneho ryayambuye.

Uretse kuba muri ibyo bihumbi by’abasirikare ba Leta birimo aboherejwe mu bice binyuranye byo mu misozi y’i Mulenge, banoherejwe kandi no mu Kibaya cya Rusizi akaba ari nabo bakazakomereza i Kamanyola, Nyangenzi n’i Bukavu, nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Tags: FDLRIhuriro ry'Ingabo za RDCMikenkeMinembweRugezi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga

Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Sosiyete Sivile yasabye Perezida Tshisekedi guhagarika burundu gahunda ya referendum...

Read moreDetails

Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale

Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale Minembwe Capital News Le gouvernement de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe

Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe Minembwe Capital News Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kwamagana icyemezo cya...

Read moreDetails

AFC/M23 dénonce une grave anomalie après la libération de 15 détenus : « Six n’ont aucun lien avec nous »

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
AFC/M23 dénonce une grave anomalie après la libération de 15 détenus : « Six n’ont aucun lien avec nous »

AFC/M23 dénonce une grave anomalie après la libération de 15 détenus : « Six n’ont aucun lien avec nous » L’Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) a dénoncé une anomalie...

Read moreDetails

LE SAVIEZ-VOUS ? La gouvernance de l’UDPS figure parmi les facteurs pointés du doigt dans les difficultés persistantes de Congo Airways — Voici les problèmes qui paralysent la compagnie

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
LE SAVIEZ-VOUS ? La gouvernance de l’UDPS figure parmi les facteurs pointés du doigt dans les difficultés persistantes de Congo Airways — Voici les problèmes qui paralysent la compagnie

LE SAVIEZ-VOUS ? La gouvernance de l’UDPS figure parmi les facteurs pointés du doigt dans les difficultés persistantes de Congo Airways — Voici les problèmes qui paralysent la...

Read moreDetails
Next Post
Icyo uruzinduko rwa  Commandant secteur mu Bibogobogo rugamije.

Icyo uruzinduko rwa Commandant secteur mu Bibogobogo rugamije.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?