• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uko ibirimo n’Isoko bihagaze kuva Twirwaneho yafata Minembwe.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2025
in Regional Politics
0
Uko ibirimo n’Isoko bihagaze kuva Twirwaneho yafata Minembwe.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko ibirimo n’Isoko bihagaze kuva Twirwaneho yafata Minembwe.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Akarere ka Minembwe gaheruka kwigarurirwa n’umutwe wa Twirwaneho, gahagaze neza ku by’umutekano no mu bikorwa bihuza abaturage, kuva uyu mutwe ukirukanyemo ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, n’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR na Wazalendo yagatezagamo akavuyo.

Mu byumweru bibiri bishyize ni bwo Twirwaneho yafashe Minembwe, nyuma y’imirwano ikomeye yayihuje n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa.

Ni mirwano yasize ibigo bikomeye by’ingabo za Fardc byigaruriwe n’uriya mutwe wa Twirwaneho, harimo ikigo cy’i Lundu, Madegu Kiziba n’ikindi cyabaga mu irango rya Runundu.

Yanafashe kandi n’ibiro bya komine ya Minembwe, ndetse ifata n’igice cya Mikenke cyagenzurwa n’ingabo z’u Burundi zirwana ku ruhande rwa Leta.

Umunya-Minembwe wahahaye Minembwe Capital News ubutumwa yagaragaje ko kuri ubu bafite umutekano mwiza, kandi ko batangiye ku wubona ubwo Twirwaneho yafataga iki gice.

Muri ubwo butumwa yaduhaye yanavuze ko Isoko ya gatanu irema uyu munsi ihagaze neza, ni mugihe ubwo Minembwe yariyobowe na FARDC n’abambari bayo yabaga irimo akavuyo kenshi, ariko kubu byahindutse.

Yagize ati: “Isoko yaremye, kandi ntakavuyo kari kayirimo nk’akahabaga igihe cya FARDC. Ibintu byahindutse. Ikindi kandi nuko ibiciro byifashe neza.”

Gusa, n’ubwo iyi soko ya gatanu iremera ku Kiziba bivugwa ko yaremye neza, ariko haracyari imbogamizi, inzira yo kwa Mulima irafunze kuko irimo ingabo z’iki gihugu, ikaba ari yo ihuza Minembwe n’ibice by’i Fizi, nk’i Baraka n’ahandi. Ibi bice akaba ari byo bikunze guturukamo ibicuruzwa (ibyashara).

Muri ubu butumwa yongeyeho ko Minembwe irimo umutekano n’isuku, ngo kandi cyane.

Ati: “Abaturage ba moko yose baratekanye. Naho isuku ni ninshi cyane kuva Fardc yava hano ibintu byarahindutse, kandi bimeze neza.”

Undi muturage uherereye i Lundu, nawe waremye iyi soko ya gatanu, yavuze ko bitangaje kubona muri iyi soko hiriwe umutekano mwiza .

Ati: “Nta kavuyo kigeze kaba muri iyi soko, wumvaga gusa irimo gusuma, ariko byari bimeze neza. Birarenze kubisobanura.”

Uyu muturage yavuze ko abana babo (Twirwaneho) kwari bo biriwe bagenzura umutekano w’iyi soko kandi ko uretse kuyirindira umutekano ngo bari banaberewe.

Ati: “Abana bacu nibo bari barinze umutekano w’isoko, kandi bari baberewe.”

Hagataho, ibiciro uko byari bihagaze muri iyi soko, icupa rya Mavuta ya OKi ryaguraga 10.000 fc, mu gihe ibumba y’Ifu ya ka nkoto yaguraga 12000 fc. Ariko amasabune yo aracyaringorobahizi, kubera inzira yo kwa Mulima igifunze.

Abanyamulenge bongeye kuvuga amahoro mu Minembwe mu gihe bari bamaze imyaka irenga irindwi bari mu ntambara z’urudaca.
Nyamara n’ubwo batangiye kwikanga amahoro, ariko umwanzi wabo ntari kure kuko ingabo z’u Burundi, iza Congo n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo zibarwanya zikiri mu nkengero zaka karere kabo.

Ku rundi ruhande, umutwe wa m23 nawo urwanirira ukubaho kw’abaturage bakandamijwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, bari mu marembo y’i misozi y’i Mulenge baja gutabara aba Banyamulenge, kuko uyu mutwe umaze kwigarurira ibice byinshi byo muri teritware ya Mwenga ihana imbibi n’iki gice cy’i Mulenge gituwe cyane n’aba Banyamulenge.

Tags: IsokoMinembweTwirwanehoUmutekano
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye akandi gace m23 yagiyemo nyuma y’aho yikuye i Kagheri nta mirwano.

Hamenyekanye akandi gace m23 yagiyemo nyuma y'aho yikuye i Kagheri nta mirwano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?