• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uko mu Minembwe babyutse nyuma y’aho ku munsi w’ejo bagabweho ibitero.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2025
in Regional Politics
0
Uko mu Minembwe babyutse nyuma y’aho ku munsi w’ejo bagabweho ibitero.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko mu Minembwe babyutse nyuma y’aho ku munsi w’ejo bagabweho ibitero.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge nyuma y’aho aha’rejo hagabwe ibitero bikomeye by’indege uyu munsiho habyutse amahoro nubwo amashuri atafunguye, nk’uko abariyo babivuga.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 11/03/2025, uduce twose tugize i komine ya Minembwe habyukiye agahenge ka mahoro.

Umwe mu Banyamulenge uherereye muri ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News ko ntakibazo kihabyukiye, ngusibye ko Abanyeshuri batigeze bafungura amashuri kumpamvu z’umutekano kuko ejo hashyize indege y’intambara ya Fardc yagabye ibitero muri aka gace.

Yagize ati: “None ku wa kabiri Minembwe uduce twose twayo, habyukiye ituze. Ariko Abanyeshuri ntibafunguye, kuko ntibarizera umutekano.”

Yavuze ko ibindi bikorwa byo birimo gukorwa, nk’aborozi b’inka baragiye ndetse n’abahinzi nabo bakaba bahinze mu myaka yabo.

Ati: “Imirimo isanzwe y’aborozi n’abahinzi iri gukorwa nk’ibisanzwe.”
Yashimangiye ibi avuga ko abahinzi ubu bari guhingira iheshi, mu gihe aborozi n’abo bafite ubwatsi bwinshi ngo kuko ari ku gahira.

Asobanura kandi ko impamvu yatumye amashuri adafungura ngo byatewe nuko aha’rejo indege y’intambara ya Fardc yagabye ibitero mu Minembwe, ibyasize bisenye inzira y’indege ku kibuga cy’indege cy’aha mu Minembwe, amashuri ya kaminuza ya UEMI n’itorero rya Methodist Libre.

Nk’uko abivuga iyi ndege yatangiye kurasa muri ako gace igihe c’isaha ya saa tanu z’igitondo, igakora ibitero inshuro ebyiri zitandukanye, kandi irasa ibisasu biremereye.

Yanahamije ko icyo iriya ndege yari igamije kwari ugusenya inzira y’indege ku kibuga cy’indege cy’aha mu Minembwe.

Gusa, nta makuru yatangajwe niba hari abaturage bishwe n’ibi bitero, ariko bivugwa ko ibyo bitero byatumye aba baturage bahungira mu bihuru n’abana.

Ibi bitero by’indege, byaje bikurikira ibindi ingabo za Leta ziheruka gukora byo ku butaka mu cyumweru gishize, aho zabigabye mu Minembwe, mu Mikenke na Bibogobogo.

Tags: IbiteroMinembweUmutekano
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
M23 yungutse amaboko mashya ihita yizeza abayikunda gukomeza urugamba rwo kubohora RDC.

M23 irimo kwiyubaka mu buryo budasanzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?