Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ukuri n’ukuhe, Colonel Karemera, wo mu mutwe w’Inyeshamba wa Gumino y’aba aherereye he?

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 21, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Col. Karemera, wo mu mutwe wa Gumino, ngo y’aba aherereye he cyangwa yaratorotse?

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Iki n’ikibazo cy’ibazwa n’abenshi ba herereye i Ndondo ya Bijombo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko bizwi Colonel Karemera, yageze mu misozi miremire y’Imulenge, ahagana mu mwaka w’2017, aho yaje ava mungabo zo mu mutwe wa P5 za Kayumba Nyamwasa, z’ishinjwa gukorana byahafi n’umutwe w’Inyeshamba wa Gumino, iyobowe n’uwita Colonel Alexis Nyamusaraba.

Kuva mu mpera z’u kwezi kwa Cumi numwe 11 Colonel Karemera, yavuzwe mu misozi ya Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, aho yari mu barwanyi ba Gumino na Maï Maï ndetse na FDLR.

I Ntambara yo kw’itariki 21/11/2023, iheruka kubera mugace ka Nyakamungu, muri Localité ya Kahororo, Grupema ya Kigoma, Cheferie ya Bapfulero, teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Colonel Karemera, yavuzwe mu huriro ry’Imitwe yarimo Gumino, FDLR na Maï Maï, aho bari bagabye igitero mu baturage ba Banyamulenge. N’igitero cyasize cyangirije byinshi harimo ko hakomeretse umwana w’u mukobwa w’u Munyamulenge, uri mu kigero cy’imyaka 18 y’amavuko, n’umudamu ubyaye Gatatu.

Kiriya gitero kandi cyasize gihitanye abasirikare 58 ba FARDC, barwana ga k’uruhande rwa Gumino, Maï Maï na FDLR.

Ahagana muntangiriro z’uku kwezi kwa Cumi nabiri 12, byavuzwe ko Colonel Karemera y’aba yarerekeje i Kajembwe, muri Grupema ya Bijombo, ay’amakuru anavuga ko Karemera aja i Kajembwe yajanye na Colonel Alexis Nyamusaraba.

Abenshi mu bibaza iyo Karemera aherereye naha baherukira amakuru ye. Bamwe bavuga ko y’aba yaracitse akaja iyo n’ubundi yaje ava aho umutwe wa P5 ukomoka abandi n’abo bagahamya ko yoba yarishwe.

Ukuri n’ukuhe?? Minembwe Capital News, izayabagezaho mu nkuru ikurikira….

Bruce Bahanda.

Tags: BijomboColonel KaremeraP5RuramboUkuri n'ukuheWo mu mutwe wa GuminoY'aba aherereye he
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Santire z'ibiri z'amatora zari mu Rurambo, muri teritware ya Uvira, zatoye ijana kw'ijana kandida Moïse Katumbi Chapwe.

Comments 1

  1. Mugunguza Fidele says:
    2 years ago

    Nihatari. Wanashaka ashobora kuba yaritahiye Ubu politique yarahindutse, gumino yiyunze nabazalendo wenda ashobora kuba yaragize amashaka kumutekano de agahitamo kwigendera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?