• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ukuri n’ukuhe, Colonel Karemera, wo mu mutwe w’Inyeshamba wa Gumino y’aba aherereye he?

minebwenews by minebwenews
December 21, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Col. Karemera, wo mu mutwe wa Gumino, ngo y’aba aherereye he cyangwa yaratorotse?

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Iki n’ikibazo cy’ibazwa n’abenshi ba herereye i Ndondo ya Bijombo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko bizwi Colonel Karemera, yageze mu misozi miremire y’Imulenge, ahagana mu mwaka w’2017, aho yaje ava mungabo zo mu mutwe wa P5 za Kayumba Nyamwasa, z’ishinjwa gukorana byahafi n’umutwe w’Inyeshamba wa Gumino, iyobowe n’uwita Colonel Alexis Nyamusaraba.

Kuva mu mpera z’u kwezi kwa Cumi numwe 11 Colonel Karemera, yavuzwe mu misozi ya Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, aho yari mu barwanyi ba Gumino na MaĂŻ MaĂŻ ndetse na FDLR.

I Ntambara yo kw’itariki 21/11/2023, iheruka kubera mugace ka Nyakamungu, muri LocalitĂ© ya Kahororo, Grupema ya Kigoma, Cheferie ya Bapfulero, teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Colonel Karemera, yavuzwe mu huriro ry’Imitwe yarimo Gumino, FDLR na MaĂŻ MaĂŻ, aho bari bagabye igitero mu baturage ba Banyamulenge. N’igitero cyasize cyangirije byinshi harimo ko hakomeretse umwana w’u mukobwa w’u Munyamulenge, uri mu kigero cy’imyaka 18 y’amavuko, n’umudamu ubyaye Gatatu.

Kiriya gitero kandi cyasize gihitanye abasirikare 58 ba FARDC, barwana ga k’uruhande rwa Gumino, MaĂŻ MaĂŻ na FDLR.

Ahagana muntangiriro z’uku kwezi kwa Cumi nabiri 12, byavuzwe ko Colonel Karemera y’aba yarerekeje i Kajembwe, muri Grupema ya Bijombo, ay’amakuru anavuga ko Karemera aja i Kajembwe yajanye na Colonel Alexis Nyamusaraba.

Abenshi mu bibaza iyo Karemera aherereye naha baherukira amakuru ye. Bamwe bavuga ko y’aba yaracitse akaja iyo n’ubundi yaje ava aho umutwe wa P5 ukomoka abandi n’abo bagahamya ko yoba yarishwe.

Ukuri n’ukuhe?? Minembwe Capital News, izayabagezaho mu nkuru ikurikira….

Bruce Bahanda.

Tags: BijomboColonel KaremeraP5RuramboUkuri n'ukuheWo mu mutwe wa GuminoY'aba aherereye he
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Santire z'ibiri z'amatora zari mu Rurambo, muri teritware ya Uvira, zatoye ijana kw'ijana kandida MoĂŻse Katumbi Chapwe.

Comments 1

  1. Mugunguza Fidele says:
    2 years ago

    Nihatari. Wanashaka ashobora kuba yaritahiye Ubu politique yarahindutse, gumino yiyunze nabazalendo wenda ashobora kuba yaragize amashaka kumutekano de agahitamo kwigendera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi MaĂŻ MaĂŻ Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?