• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

UKURIYE ABA DEPUTE BA LETA Y’IKINSHASA YASABYE FELIX TSHISEKEDI GUFATIRA IBIHANO INGABO ZA EAC NGO KUKO BANZE KURWANYA M23.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2023
in Uncategorized
4
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uyoboye Abadepute muri Congo Kinshasa, Christophe Mboso Nkondia, yasabye President Felix Tshisekedi gufatira ibihano ingabo za EAC ziri muri Congo.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Christophe Mboso Nkondia, yaraye akoranye ikiganiro nab’anyamakuru ubwo yarikumwe n’abandi bayobozi barimo Ministre w’ingabo, Kabanda Gilbert, maze Mboso arerura avuga ko ingabo za EAC ziri Goma, zananiwe gushigikira ingabo za leta y’Ikinshasa (FARDC), kurwanya M23, Mboso Nkondia, avuga kwahubwo izingabo za EAC zifasha umutwe wa M23 .

Mboso Nkondia, yagize ati : “Niba koko ingabo za EAC zarananiwe kudufasha kurwanya umushotoranyi wacu, ahubwo zigashimishwa nogufasha umwanzi wacu tugomba gusaba umukuru wigihugu cacu kubafatira ibihano bikwiye.”

Gusa bivugwa ko ingabo za EAC zikora ibibereye ibyo abakuru bagiye bemezanya mumasezerano ya Luanda nahandi, kuko bemezanije ko inyeshamba zirwanira muri Congo zigomba kurambika imbunda, naho mumasezerano aheruka y’ibujumbura bemezanije ko abaCongo bose bagomba kuganira hatabaye abahwezwa kugira barangize amakimbirane arihagati yibitera intambara imaze imyaka nimyaniko.

Ikindi nuko leta y’Ikinshasa yirengangiza ikavuga ko M23 yanze kubahiriza amasezerano ikanga kuva mubice yafashe, ariko M23 yagiye irekura ibice bimwe nabimwe harimo Kibumba na Ikigo ca Rumangabo.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

UMUHUZA, UHURU KENYATTA, YASABYE KO MURI EASTERN YA CONGO HONGERWA INGABO ZA EAC.

Comments 4

  1. Kagigi Tembo says:
    3 years ago

    Dusengere congo

    • Bruce says:
      3 years ago

      Nugusenga kbs ninawo muco wa ba Kristu.

  2. Muragizi Bubala says:
    3 years ago

    Reta ya gisegeti nitemera ibiganiro Congo izaba iraharindimuka
    Ikindi ikomeje kwinangira abaturange bariko bapfa umunsi nundi bari bazi ko abatutsi aritwe tuzaguma gupfa ark intambara igira ingaruka Kandi yonona byishi nakomeza kwinangira ata goma intare zasarambwe zirahigarurira abahungu banze gutega amashosi Ngo bashijwe bunyamaswa

  3. Ndabaruta Moïse says:
    3 years ago

    Mutiyibagijeko hariho abari muri reta ya Congo babifitemo uruhari kuntambara zirikubera muri Congo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?