• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umubano w’igihugu c’u Burundi n’u Rwanda, wo ngeye kuzamo agatotsi nyuma y’uko leta y’u Burundi, ifunze imipaka.

minebwenews by minebwenews
January 11, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya Bujumbura, kuri uy’u wa Kane, tariki ya 11/01/2024, yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka yose ihuza u Rwanda n’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni icyemezo cyafashwe n’Abategetsi ba leta y’u Burundi, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibinyamakuru by’u Burundi.

N’ubwo iy’inkuru yakomeje gusakara ku binyamakuru byinshi by’u Burundi, ariko kugeza ubu nta tangazo leta ya perezida Evariste Ndayishimiye,irashira hanze rimenyesha ko imipaka ihuza u Rwanda n’icyo gihugu ko yafunzwe.

Ikinyamakuru cya Sos Burundi kiri mu batangaje ay’amakuru cyavuze ko minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi, Matin Niteretse, ko ariwe watangaje ko imipaka yafunzwe ihuza u Rwanda n’u Burundi, iy’inkuru ikomeza ivuga ko abanyakayanza bahise ba bimenyeshwa.

Sos Media Burundi, yakomeje ivuga ko hari abagenzi bari bageze ku mupaka biganjyemo abanyekongo n’Abanyarwanda ba bura inzira.

Ati: “Aba barirwa muri mirongo, barimo Abarundi n’Abanyekongo, bari bavuye mu Isoko ya Bugarama mu Rwanda kuri ubu babuze aho baca bahagarariye mugace kazone neutre.”

Mu mpera z’u mwaka w’2023, perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ibi yabiciyeho amarenga avuga ko leta y’u Rwanda, ifasha umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bwe, avuga ko leta ye, igiye gufata ingamba zihuse.

Gusa leta ya Kigali, yahakanye ibirego barezwe na Perezida Evariste Ndayishimiye, ndetse muri icyo gihe u Rwanda ruvuga ko bamwe mu barwanyi ba Red Tabara, bigeze gufatirwa mu Rwanda bahita boherezwa i Burundi.

Bruce Bahanda.

Tags: AgatotsiU Rwanda n'u BurundiUmupaka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Azarias Ruberwa, wahoze ari visi perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yateye utwatsi ibyo aheruka kuvugwaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?