Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 21, 2024
in Regional Politics
0
Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ibyatangajwe n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku baturage (UNFP), ryemeza ko ‘abagore bafashwe ku ngufu’ ubwo imfungwa zageragezaga gucika gereza nkuru ya Makala iherereye i Kinshasa ari 268.

Iri shami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku baturage, ryasobanuye ko muri aba bagore harimo abasambanyijwe kugahato ndetse n’abakorewe irindi hohoterwa rishyingiye ku gitsina. Hari mu rukerera rwo ku itariki ya 02/09/2024 nibwo zimwe mu mfungwa zo muri iyi gereza zageragezaje gutoroka. Ubuyobozi bwa RDC bwasobanuye ko izigera kuri 131 zapfuye, izindi zirenga 50 zigakomereka.

Ubwo hatangiraga urubanza rw’abakekwaho gutegura umugambi wo gushaka gutoroka n’ibindi byaha byajyaniranye n’iki gikorwa, minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba yasobanuye ko imfungwa z’abagore 48 ari zo zahohotewe.

Raporo ya UNF yagaragaje ko mu masaha 72 aba bagore basambanyijwe, bahawe imiti ibarinda gusama n’iyica agakoko gatera sida, ariko ko nta bujyanama bukwiye bahawe kugeza tariki ya 11/09/2024.

Gereza nkuru ya Makala, ubwo izi mfungwa zageragezaga gucika yari ifungiwemo izigera ku 15.005 zirimo abagore 348. Iyi gereza yubatswe mu 1957, ifite ubushobozi bwo gucumbikira imfungwa 1500.

Ibyo si ubwa mbere byari bivuzwe mu magereza yo muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, kuko mu 2020 ubwo icyumba cy’abagore muri gereza ya Kasapa ho muri Lubumbashi cyafatwaga n’inkongi y’umuriro, abagore bamaze iminsi itatu barara hanze, kandi bagasambanywa ku ngufu n’abapolosi babacunga.

Umuryango wa Human Rights Watch uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu usaba Leta ya Kinshasa gushyiraho ingamba zihamye zo kurinda imfungwa z’abagore ihohoterwa iryo ari ryo ryose zikorerwa.

            MCN.
Tags: AbagoreBafashwe ku ngufuBahohoteweGereza nkuru ya MakalaUmubareWamenyekanye
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .

Umugaba mukuru w'ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?