• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
September 21, 2024
in Regional Politics
0
Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni ibyatangajwe n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku baturage (UNFP), ryemeza ko ‘abagore bafashwe ku ngufu’ ubwo imfungwa zageragezaga gucika gereza nkuru ya Makala iherereye i Kinshasa ari 268.

Iri shami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku baturage, ryasobanuye ko muri aba bagore harimo abasambanyijwe kugahato ndetse n’abakorewe irindi hohoterwa rishyingiye ku gitsina. Hari mu rukerera rwo ku itariki ya 02/09/2024 nibwo zimwe mu mfungwa zo muri iyi gereza zageragezaje gutoroka. Ubuyobozi bwa RDC bwasobanuye ko izigera kuri 131 zapfuye, izindi zirenga 50 zigakomereka.

Ubwo hatangiraga urubanza rw’abakekwaho gutegura umugambi wo gushaka gutoroka n’ibindi byaha byajyaniranye n’iki gikorwa, minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba yasobanuye ko imfungwa z’abagore 48 ari zo zahohotewe.

Raporo ya UNF yagaragaje ko mu masaha 72 aba bagore basambanyijwe, bahawe imiti ibarinda gusama n’iyica agakoko gatera sida, ariko ko nta bujyanama bukwiye bahawe kugeza tariki ya 11/09/2024.

Gereza nkuru ya Makala, ubwo izi mfungwa zageragezaga gucika yari ifungiwemo izigera ku 15.005 zirimo abagore 348. Iyi gereza yubatswe mu 1957, ifite ubushobozi bwo gucumbikira imfungwa 1500.

Ibyo si ubwa mbere byari bivuzwe mu magereza yo muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, kuko mu 2020 ubwo icyumba cy’abagore muri gereza ya Kasapa ho muri Lubumbashi cyafatwaga n’inkongi y’umuriro, abagore bamaze iminsi itatu barara hanze, kandi bagasambanywa ku ngufu n’abapolosi babacunga.

Umuryango wa Human Rights Watch uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu usaba Leta ya Kinshasa gushyiraho ingamba zihamye zo kurinda imfungwa z’abagore ihohoterwa iryo ari ryo ryose zikorerwa.

            MCN.
Tags: AbagoreBafashwe ku ngufuBahohoteweGereza nkuru ya MakalaUmubareWamenyekanye
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .

Umugaba mukuru w'ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?