• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umubare w’abantu baguye i Mugunga, batewemo ibisasu n’igisirikare cy’u Burundi hamwe n’icya Congo, watangiye ku menyekana.

minebwenews by minebwenews
May 4, 2024
in World News
0
Umubare w’abantu baguye i Mugunga, batewemo ibisasu n’igisirikare  cy’u Burundi hamwe n’icya Congo, watangiye ku menyekana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’abantu baguye i Mugunga, barashwe n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo watangiye ku menyekana.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ahagana isaha z’igitondo cyo ku wa Gatanu, n’ibwo inkambi y’impunzi iri Mungunga, agace kegeranye na Quartier ya Lac Vert, ho mu mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hatangiye kuraswa ibisasu, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’inkambi ya Mungunga.

Ubu buyobozi buvuga ko ibisasu bya mbere byo mu bwoko bwa Locket byaguye i Mugunga igihe c’isaha zitanu n’iminota icumi n’itanu, ku masaha y’igitondo. Bikaba byasize bihitanye umuryango wose warimo abana babiri n’umubyeyi wabo umwe, abandi bantu benshi barakomereka.

Bwana Baseme Masasi Emmanuel, umuyobozi w’inkambi ya Mugunga yabwiye itangaza makuru ko hamaze kuboneka abantu 17 bishwe nibyo bisasu naho abagera kuri 37 bakaba bakomeretse.

Uyu muyobozi yanahamije ko ibisasu byatewe i Mungunga biri kuva mu ntambara iri kubera mu bice byo muri teritware ya Masisi, ahari imirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ku ruhande rwa leta, umuvugizi wa FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume yashinje M23 kuba ariyo iri gutera ibyo bisasu. Ku rundi ruhande AFC nayo yashize itangazo hanze rimenyesha ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko aricyo cyateye ibisasu mu mpunzi ziri i Mungunga.

Hari inyandiko zikomeje gucicibikana ku mbuga nkoranya mbaga, zivuga ko i Mugunga hapfuye abantu bakabakaba 41 abandi n’abo ngo bataramenyekana umubare bakaba bakomeretse.

Izo nyandiko zinashimangira ko Ingabo z’u Burundi zizwiho gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa kurwanya M23 ko aricyo cyateye ibyo bisasu i Mugunga bigasiga bihitanye abasivile benshi bari basanzwe bacyumbikiwe muri yo nkambi.

Izo nyandiko zikomeza zivuga ko Ingabo z’u Burundi zateye ibyo bisasu ko zari i Minova, ho muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko izo nyandiko zibisobanura n’uko izo ngabo z’u Burundi zateye ibisasu muri Mugunga mu rwego rwo kugira ngo byitirirwe abarwanyi ba M23, ninyuma y’uko ingabo z’uwo mutwe zimaze iminsi ibiri zizengereje ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Kuri ubu teritware ya Masisi igice cyayo kinini kikaba kimaze kuja mu maboko ya M23, ndetse ingabo z’uwo mutwe zikaba zikomeje kwirukana iryo huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho rihunga rigana mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

          MCN.
Tags: MugungaUmubare w'abantu baguyeWatangiye ku menyekana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Hahishyuwe ko ingabo za RDC zacitse intege, bityo M23 ikaba igiye gufata umujyi wa Goma biyoroheye.

Hahishyuwe ko ingabo za RDC zacitse intege, bityo M23 ikaba igiye gufata umujyi wa Goma biyoroheye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?