• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umubare w’abantu baguye i Mugunga, batewemo ibisasu n’igisirikare cy’u Burundi hamwe n’icya Congo, watangiye ku menyekana.

minebwenews by minebwenews
May 4, 2024
in World News
0
Umubare w’abantu baguye i Mugunga, batewemo ibisasu n’igisirikare  cy’u Burundi hamwe n’icya Congo, watangiye ku menyekana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’abantu baguye i Mugunga, barashwe n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo watangiye ku menyekana.

You might also like

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

Ni ahagana isaha z’igitondo cyo ku wa Gatanu, n’ibwo inkambi y’impunzi iri Mungunga, agace kegeranye na Quartier ya Lac Vert, ho mu mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hatangiye kuraswa ibisasu, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’inkambi ya Mungunga.

Ubu buyobozi buvuga ko ibisasu bya mbere byo mu bwoko bwa Locket byaguye i Mugunga igihe c’isaha zitanu n’iminota icumi n’itanu, ku masaha y’igitondo. Bikaba byasize bihitanye umuryango wose warimo abana babiri n’umubyeyi wabo umwe, abandi bantu benshi barakomereka.

Bwana Baseme Masasi Emmanuel, umuyobozi w’inkambi ya Mugunga yabwiye itangaza makuru ko hamaze kuboneka abantu 17 bishwe nibyo bisasu naho abagera kuri 37 bakaba bakomeretse.

Uyu muyobozi yanahamije ko ibisasu byatewe i Mungunga biri kuva mu ntambara iri kubera mu bice byo muri teritware ya Masisi, ahari imirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ku ruhande rwa leta, umuvugizi wa FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume yashinje M23 kuba ariyo iri gutera ibyo bisasu. Ku rundi ruhande AFC nayo yashize itangazo hanze rimenyesha ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko aricyo cyateye ibisasu mu mpunzi ziri i Mungunga.

Hari inyandiko zikomeje gucicibikana ku mbuga nkoranya mbaga, zivuga ko i Mugunga hapfuye abantu bakabakaba 41 abandi n’abo ngo bataramenyekana umubare bakaba bakomeretse.

Izo nyandiko zinashimangira ko Ingabo z’u Burundi zizwiho gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa kurwanya M23 ko aricyo cyateye ibyo bisasu i Mugunga bigasiga bihitanye abasivile benshi bari basanzwe bacyumbikiwe muri yo nkambi.

Izo nyandiko zikomeza zivuga ko Ingabo z’u Burundi zateye ibyo bisasu ko zari i Minova, ho muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko izo nyandiko zibisobanura n’uko izo ngabo z’u Burundi zateye ibisasu muri Mugunga mu rwego rwo kugira ngo byitirirwe abarwanyi ba M23, ninyuma y’uko ingabo z’uwo mutwe zimaze iminsi ibiri zizengereje ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Kuri ubu teritware ya Masisi igice cyayo kinini kikaba kimaze kuja mu maboko ya M23, ndetse ingabo z’uwo mutwe zikaba zikomeje kwirukana iryo huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho rihunga rigana mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

          MCN.
Tags: MugungaUmubare w'abantu baguyeWatangiye ku menyekana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura MINEMBWE CAPITAL NEWS Umwuka wa politiki n'umutekano...

Read moreDetails

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n'Icyo Bisobanura MINEMBWE CAPITAL NEWS Imyitwarire ya Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails
Next Post
Hahishyuwe ko ingabo za RDC zacitse intege, bityo M23 ikaba igiye gufata umujyi wa Goma biyoroheye.

Hahishyuwe ko ingabo za RDC zacitse intege, bityo M23 ikaba igiye gufata umujyi wa Goma biyoroheye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?