Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umubare w’abantu bari guhitanwa n’ubushyuhe budasanzwe, ukomeje kwiyongera mu gihugu cy’u Buhinde.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 4, 2024
in Uncategorized
0
Umubare w’abantu bari guhitanwa n’ubushyuhe budasanzwe,  ukomeje kwiyongera mu gihugu cy’u Buhinde.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubushyuhe budasanzwe bwahitanye abantu benshi mu gihugu cy’u Buhinde.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni mu Ntara ya Uttar Pradesh n’iya Odisha, niho abantu 53 bishwe n’ubushyuhe, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Bivuga ko aba bantu bapfuye mu minsi itatu kandi ko byabaye mu mpera z’i Cyumweru gishize, nyuma y’uko muri iki gihugu bari bavuye mu matora asanzwe akorwa muri ay’amezi.

Bivuga kandi ko u Buhinde butigeze bwo roherwa mu mezi atatu ashize kuko bwibasiriwe n’ubushyuhe bukabije burimo gutera ingaruka ku baturage zirimo kugwa igihumure no gutakaza ubuzima. Ni mu gihe bari mu gikorwa cyo gusoza amatora asanzwe aba mu kwezi kwa Kane no mu kwa Gatanu.

Minisiteri y’ubuzima mu Buhinde yatangaje ko abamaze kwitaba Imana n’ubu bushyuhe kuva tariki ya 01/03 kugera kuya 30/05/2024, bamaze kugera kuri 56, ngo mu gihe abagize ibindi bibazo by’u buzima bageze ku 24.849.

Mu mpera z’iki Cyumweru gishize, Guverinoma y’u Buhinde yemeje ko mu Ntara ya Ottar Pradesh hapfuye abantu 33 barimo abakozi bakurikinaga imigendekere y’amatora, abashinzwe isuku . Naho muri Odisha ho byemejwe ko hapfuye 20.

Ku ruhande rw’u buyobozi bwa Odisha, bwo bwagaragaje ko abapfuye muri iyo minsi bashobora kuba barageze kuri 99 bitandukanye n’umubare watangajwe na Guverinoma.

Umuyobozi ushinzwe amatora muri Ottar Pradesh, Navdeep Rinwa yatangaje ko imiryango y’abakozi ba komisiyo y’amatora bishwe n’ubu bushyuhe bazahabwa impozamarira ya $ 18, 000

Ikigo cy’i gihugu gishinzwe iteganyagihe mu Buhinde cyatangaje ko mu byumweru bibiri bishize, igipimo cy’u bushyuhe mu majyaruguru n’uburengerazuba cyageze kuri dogere selisiyusi 45 na 46 . Cyasobanuye kandi ko hari uduce cyageze ku gipimo cya dogere selisiyusi 50.

             MCN.
Tags: AbantuMu BuhindeUbushyuhe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Itariki abagize Guverinoma nshya muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bazarahiriraho ya menyekanye.

Itariki abagize Guverinoma nshya muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bazarahiriraho ya menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?