• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umubare w’abantu bishwe n’inyeshamba za ADF muri Ituri wamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
September 13, 2024
in World News
0
Umubare w’abantu bishwe n’inyeshamba za ADF muri Ituri wamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’abantu bishwe n’inyeshamba za ADF muri Ituri wamenyekanye.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Abasivile 20 nibo bishwe n’inyeshamba zo mu mutwe wa ADF urwanya ubutegetsi muri Uganda, babiciye mu bice byo muri Ituri ho mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Aya makuru yemejwe n’ubuyobozi bw’ibanze, ubwo bwavuganaga n’ibiro ntara makuru by’Abafaransa AFP.

Uyoboye Polisi muri ako gace niwe wavuganye na AFP aho yemeje ko abo bantu bishwe bari babanje gufatwa matekwa mu gitero ADF yagabye ahitwa Babila Bambombi ku wa Kabiri.

Polisi itanga ubu buhamya yavuze ko mu bishwe barimo abagabo 16 n’abagore bane. Yavuze ko abandi bantu bashoboye gutoroka abo barwanyi ubu bakaba barimo kwitabwaho n’abaganga mu bitaro kuko bari batemaguwe.

Uyumutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, umaze imyaka irenga 30 ushinze ibirindiro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uyu mutwe wemeye ku mugaragaro ko ukorana byahafi na leta ya kiyisilamu mu 2019. Ushinjwa kwica abasivile ba Banyekongo n’Abagande.

Imyaka ikabakaba itatu irashize ingabo z’igihugu cya Uganda zifatanije n’iza RDC mu kurwanya uyu mutwe w’iterabwoba washinzwe ahagana mu 1990.

              MCN.
Tags: 20ADFIturi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Uwahoze ari umukozi wa CIA watawe muri yombi hatanzwe amakuru arambuye kuriwe.

Uwahoze ari umukozi wa CIA watawe muri yombi hatanzwe amakuru arambuye kuriwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?