• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

minebwenews by minebwenews
November 18, 2024
in Regional Politics
5
Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Abanyamulengekazi bafungiwe mu Minembwe bavuye kuri umwe bagera kuri babiri, mu gihe cy’iminsi ibiri gusa.

Gufunga Abanyamulenge mu Minembwe byari bisanzwe biba kubagabo gusa, ariko ubu ho byabaye no kubigitsinagore.

Nabo bagabo bafungwa, unasanga ntacyaha bazira hubwo bazira ubwoko bwabo, kuko iyo bamaze gutanga amafaranga usanga babarekuye, kandi batanigeze baburana ngo bagire icyo bashinjwa.

Kuri ubu ho siko bikimeze, kuko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) zo muri brigade ya 21 zisanzwe zibafunga zahinduyeho, ni mu gihe ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru gishize, zafunze umugore uri mu kigero cy’imyaka 39 y’amavuko, witwa Nyabera Sositene. Uyu akaba ari umadamu wa Sositene nawe ufungiwe i Kinshasa.

Nyuma ya Nyabera hari undi uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko witwa Soleil; byavuzwe ko afungishijwe ijisho. Amakuru avuga ko Soleil, ku Cyumweru iz’ingabo za FARDC za muburiye kutava iwe mu rugo no kutavuga kuby’ifungwa rye, usibye ko zamutegetse kuguma aho atuye mu Minembwe centre.

Aba bombi, FARDC ibashinja gukorana byahafi na Twirwaneho.
Twirwaneho akaba ari abaturage basanzwe bitwaza imbunda, mu rwego rwo kurindira ubwoko bwabo umutekano, ni mu gihe bugabwaho ibitero n’umutwe witwaje imbunda wa Maï Maï kubufasha bw’Ingabo za RDC.

Nubwo muri iy’i nkuru twavuze abagore kwari bo bafunzwe, ariko hari n’abagabo bafunzwe, hari nk’umugabo wo mu muhana w’i Gakenke, ugiye ku mara iminsi irenga irindwi afungiwe aha mu Minembwe.

Byavuzwe ko nawe yazize kuba ari Umunyamulenge, kuko nta cyaha nakimwe arashinjwa usibye ku muziza Twirwaneho, kandi Twirwaneho bizwi ko ari Umunyamulenge wese uturiye imisozi miremire y’i Mulenge.

Uyu ufunzwe, ni Bigaraba wa Mureba avuka munzu y’Abahondogo.

Ubushize kandi, hari undi mugore w’Umunyamulenge wafunzwe nawe yaziraga kuba yarafashwe i foto ari kumwe n’abasore bo muri Twirwaneho. We yabanje gufungirwa mu Minembwe, nyuma yaho yoherezwa i Kinshasa, gusa yaje kurekurwa mu minsi mike ishize.

Ibi bikaba bikomeje gutuma Abanyamulenge binubira ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ndetse kandi banabufata nk’ubutegetsi bugamije gusa, uguhonyora uburenganzira bwabo bwo kuba muri iki gihugu.
Bityo, bagasaba kurenganurwa.

Tags: GufungwaI MulengeMinembwe
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.

Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.

Comments 5

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy fda approval[/url] Better think twice about using any of these meds outside an emergency situation

  2. Ensuent says:
    1 year ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy tablets price[/url] She went with reconstruction adding, a nice C works for me

  3. Ensuent says:
    1 year ago

    However, ignoring coexisting CAD at the time of aortic valve replacement increases perioperative risk and late mortality [url=https://fastpriligy.top/]priligy prescription[/url]

  4. Ensuent says:
    1 year ago

    [url=https://fastpriligy.top/]what is priligy tablets[/url] Socialnomics, 27 Oct

  5. Ensuent says:
    1 year ago

    Persistence with conventional triple therapy versus a tumor necrosis factor inhibitor and methotrexate in U [url=https://fastpriligy.top/]priligy buy[/url] It is implanted through the vagina and is used to shore up pelvic organs that have become displaced due to age, childbirth, hysterectomy, or obesity

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?