Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 18, 2024
in Regional Politics
5
Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Abanyamulengekazi bafungiwe mu Minembwe bavuye kuri umwe bagera kuri babiri, mu gihe cy’iminsi ibiri gusa.

Gufunga Abanyamulenge mu Minembwe byari bisanzwe biba kubagabo gusa, ariko ubu ho byabaye no kubigitsinagore.

Nabo bagabo bafungwa, unasanga ntacyaha bazira hubwo bazira ubwoko bwabo, kuko iyo bamaze gutanga amafaranga usanga babarekuye, kandi batanigeze baburana ngo bagire icyo bashinjwa.

Kuri ubu ho siko bikimeze, kuko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) zo muri brigade ya 21 zisanzwe zibafunga zahinduyeho, ni mu gihe ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru gishize, zafunze umugore uri mu kigero cy’imyaka 39 y’amavuko, witwa Nyabera Sositene. Uyu akaba ari umadamu wa Sositene nawe ufungiwe i Kinshasa.

Nyuma ya Nyabera hari undi uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko witwa Soleil; byavuzwe ko afungishijwe ijisho. Amakuru avuga ko Soleil, ku Cyumweru iz’ingabo za FARDC za muburiye kutava iwe mu rugo no kutavuga kuby’ifungwa rye, usibye ko zamutegetse kuguma aho atuye mu Minembwe centre.

Aba bombi, FARDC ibashinja gukorana byahafi na Twirwaneho.
Twirwaneho akaba ari abaturage basanzwe bitwaza imbunda, mu rwego rwo kurindira ubwoko bwabo umutekano, ni mu gihe bugabwaho ibitero n’umutwe witwaje imbunda wa Maï Maï kubufasha bw’Ingabo za RDC.

Nubwo muri iy’i nkuru twavuze abagore kwari bo bafunzwe, ariko hari n’abagabo bafunzwe, hari nk’umugabo wo mu muhana w’i Gakenke, ugiye ku mara iminsi irenga irindwi afungiwe aha mu Minembwe.

Byavuzwe ko nawe yazize kuba ari Umunyamulenge, kuko nta cyaha nakimwe arashinjwa usibye ku muziza Twirwaneho, kandi Twirwaneho bizwi ko ari Umunyamulenge wese uturiye imisozi miremire y’i Mulenge.

Uyu ufunzwe, ni Bigaraba wa Mureba avuka munzu y’Abahondogo.

Ubushize kandi, hari undi mugore w’Umunyamulenge wafunzwe nawe yaziraga kuba yarafashwe i foto ari kumwe n’abasore bo muri Twirwaneho. We yabanje gufungirwa mu Minembwe, nyuma yaho yoherezwa i Kinshasa, gusa yaje kurekurwa mu minsi mike ishize.

Ibi bikaba bikomeje gutuma Abanyamulenge binubira ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ndetse kandi banabufata nk’ubutegetsi bugamije gusa, uguhonyora uburenganzira bwabo bwo kuba muri iki gihugu.
Bityo, bagasaba kurenganurwa.

Tags: GufungwaI MulengeMinembwe
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.

Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.

Comments 5

  1. Ensuent says:
    8 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy fda approval[/url] Better think twice about using any of these meds outside an emergency situation

  2. Ensuent says:
    8 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy tablets price[/url] She went with reconstruction adding, a nice C works for me

  3. Ensuent says:
    8 months ago

    However, ignoring coexisting CAD at the time of aortic valve replacement increases perioperative risk and late mortality [url=https://fastpriligy.top/]priligy prescription[/url]

  4. Ensuent says:
    8 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]what is priligy tablets[/url] Socialnomics, 27 Oct

  5. Ensuent says:
    8 months ago

    Persistence with conventional triple therapy versus a tumor necrosis factor inhibitor and methotrexate in U [url=https://fastpriligy.top/]priligy buy[/url] It is implanted through the vagina and is used to shore up pelvic organs that have become displaced due to age, childbirth, hysterectomy, or obesity

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?