• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

minebwenews by minebwenews
November 18, 2024
in Regional Politics
5
Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Abanyamulengekazi bafungiwe mu Minembwe bavuye kuri umwe bagera kuri babiri, mu gihe cy’iminsi ibiri gusa.

Gufunga Abanyamulenge mu Minembwe byari bisanzwe biba kubagabo gusa, ariko ubu ho byabaye no kubigitsinagore.

Nabo bagabo bafungwa, unasanga ntacyaha bazira hubwo bazira ubwoko bwabo, kuko iyo bamaze gutanga amafaranga usanga babarekuye, kandi batanigeze baburana ngo bagire icyo bashinjwa.

Kuri ubu ho siko bikimeze, kuko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) zo muri brigade ya 21 zisanzwe zibafunga zahinduyeho, ni mu gihe ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru gishize, zafunze umugore uri mu kigero cy’imyaka 39 y’amavuko, witwa Nyabera Sositene. Uyu akaba ari umadamu wa Sositene nawe ufungiwe i Kinshasa.

Nyuma ya Nyabera hari undi uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko witwa Soleil; byavuzwe ko afungishijwe ijisho. Amakuru avuga ko Soleil, ku Cyumweru iz’ingabo za FARDC za muburiye kutava iwe mu rugo no kutavuga kuby’ifungwa rye, usibye ko zamutegetse kuguma aho atuye mu Minembwe centre.

Aba bombi, FARDC ibashinja gukorana byahafi na Twirwaneho.
Twirwaneho akaba ari abaturage basanzwe bitwaza imbunda, mu rwego rwo kurindira ubwoko bwabo umutekano, ni mu gihe bugabwaho ibitero n’umutwe witwaje imbunda wa Maï Maï kubufasha bw’Ingabo za RDC.

Nubwo muri iy’i nkuru twavuze abagore kwari bo bafunzwe, ariko hari n’abagabo bafunzwe, hari nk’umugabo wo mu muhana w’i Gakenke, ugiye ku mara iminsi irenga irindwi afungiwe aha mu Minembwe.

Byavuzwe ko nawe yazize kuba ari Umunyamulenge, kuko nta cyaha nakimwe arashinjwa usibye ku muziza Twirwaneho, kandi Twirwaneho bizwi ko ari Umunyamulenge wese uturiye imisozi miremire y’i Mulenge.

Uyu ufunzwe, ni Bigaraba wa Mureba avuka munzu y’Abahondogo.

Ubushize kandi, hari undi mugore w’Umunyamulenge wafunzwe nawe yaziraga kuba yarafashwe i foto ari kumwe n’abasore bo muri Twirwaneho. We yabanje gufungirwa mu Minembwe, nyuma yaho yoherezwa i Kinshasa, gusa yaje kurekurwa mu minsi mike ishize.

Ibi bikaba bikomeje gutuma Abanyamulenge binubira ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ndetse kandi banabufata nk’ubutegetsi bugamije gusa, uguhonyora uburenganzira bwabo bwo kuba muri iki gihugu.
Bityo, bagasaba kurenganurwa.

Tags: GufungwaI MulengeMinembwe
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.

Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.

Comments 5

  1. Ensuent says:
    2 years ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy fda approval[/url] Better think twice about using any of these meds outside an emergency situation

  2. Ensuent says:
    2 years ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy tablets price[/url] She went with reconstruction adding, a nice C works for me

  3. Ensuent says:
    2 years ago

    However, ignoring coexisting CAD at the time of aortic valve replacement increases perioperative risk and late mortality [url=https://fastpriligy.top/]priligy prescription[/url]

  4. Ensuent says:
    2 years ago

    [url=https://fastpriligy.top/]what is priligy tablets[/url] Socialnomics, 27 Oct

  5. Ensuent says:
    2 years ago

    Persistence with conventional triple therapy versus a tumor necrosis factor inhibitor and methotrexate in U [url=https://fastpriligy.top/]priligy buy[/url] It is implanted through the vagina and is used to shore up pelvic organs that have become displaced due to age, childbirth, hysterectomy, or obesity

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?