• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umubare w’ingabo zo kuruhande rwa Leta waguye i Goma wamenyekanye, uteye ubwoba.

minebwenews by minebwenews
February 5, 2025
in Regional Politics
0
Urujya n’uruza rw’abantu n’imodoka byatangiye kugaragara mu mujyi wa Goma.
124
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’ingabo zo kuruhande rwa Leta waguye i Goma wamenyekanye, uteye ubwoba.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Urugamba ruheruka kubera i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagati y’umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo, rwaguyemo abarwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa babarirwa mu bihumbi bitatu, barimo bibiri magana atanu ba FARDC na Wazalendo.

Aya makuru yamenyekanye nyuma y’uko uyu mujyi wa Goma ufashwe n’umutwe wa M23 aho uyu mutwe umaze iminsi 9 uwugenzura.

Kugeza uyu munsi muri uyu mujyi wa Goma haracyagaragaramo intumbi z’abaguye ku rugamba, urwo bivugwa ko rwari rukaze, aho ndetse rwakoreshejwemo imbunda za rutura n’izoroheje.

Bivugwa ko ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa rugizwe na FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo ndetse n’abacancuro b’Abazungu baturutse i Buraya no muri Aziya, rwatakaje abasirikare 3000, mu gihe abo muri FARDC bonyine bagera kuri 2500 baguye muri iyi ntambara yabereye i Goma no mu nkengero zayo.

Ibi kandi, perezida wa M23, Berterand Bisimwa yabivuzeho, aho yavuze ko Guverinoma ya Kinshasa yari kwiye guhagarika gukomeza kwishora mu bikorwa byo guteza impaka ku bapfiriye muri iyi ntambara yabereye i Goma no mu nkengero zayo.

Yagaragaje ko imirambo yari iri mu mihanda ya Goma, yagiye ikusanywa n’abo mu nzego z’ubuzima, ikajyanwa mu buruhukiro bw’ibitaro bikuru bya Goma.

Yavuze kandi ko mbere y’uko iyo mirambo ishingurwa bayirebye basanga imyinshi n’iyo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ariko ko harimo n’iyo mu ngabo z’u Burundi, Wazalendo na FDLR ndetse n’iya bacancuro.

Uyu muyobozi wo muri m23 yavuze ko uruhande rwa Leta kubera kuba rwaranze kubahiriza ibyo wasabwe n’umutwe wacu, rwiyemeza guhangana kandi rutabishoboye biri mu byatumye rutakaza benshi. Yavuze kandi ko nyuma yo gukusanya iyo mibiri y’abo mu ruhande rwa Leta yashyinguwe mu buryo butekanye.

Ishami ry’umutungo w’Abibumbye rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi OCH-DR, rivuga ko imirambo igera mu 2000 yashyinguwe, mu gihe OMS na yo ivuga ko indi igera muri 900 ikiri mu buruhukiro bw’ibitaro bya Goma.

Usibye ko hakirindi mirambo na yo ibarirwa mu magana ikiri ku kibuga cy’indege cya Goma, nk’uko iri shirahamwe rya OCH-DR ryakomeje rivuga.

Iri shirahamwe nanone kandi ryavuze ko gushyingura iyi mibiri y’abo mu ruhande rwa leta bifasha kuba itatera ingaruka mbi ku buzima bw’abantu.

Ku rundi ruhande, uyu mujyi wa Goma wamaze kugarukamo ituze, nyuma y’iyo mirwano yasize uyu mutwe wa M23 ifashe uwo mujyi ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ikindi kandi nuko ibikorwa by’ubucuruzi muri uwo mujyi byongeye gukorwa mu mutekano usesuye, ndetse n’ubucuruzi bwa mbukiranya umupaka bikomeje kugenda neza, nk’uko byakomeje kugaragazwa.

Tags: FardcFDLRGomaImirambo
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Rwanda yagaye mugenzi we wa Afrika y’Epfo.

Perezida Kagame yavuze kuri mugenzi we, Tshisekedi wa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?