Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umubiri wa kandida, Richa Sadiki, wishwe n’abo bikekwa kwari Wazalendo,washinguwe Uvira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 27, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubiri, wu wiyamamariza k’umwanya w’u budepite, Sadiki Espoir Ndabuye, washinguwe k’umunsi w’ejo hashize, tariki 26/12/2023, i b’Uvira.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Kandida Ndabuye Espoir Sadiki Richa, yishwe k’u mugoroba wo kw’itariki 15/12/2023, mu Mujyi wa Uvira, nimugihe yari avuye muri Grupema ya Lemera, mu bikorwa byo kw’iyamamaza. Ubwo yarageze Uvira mu Mujyi, igihe c’isaha z’asaa moya z’umugoroba wajoro, asanga abantu bitwaje imbunda baramurasa amasasu agera kuri ane, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye u Mujyi wa Uvira.

Ndabuye Espoir Sadiki Richa, yari umukandinda k’u mwanya w’u budepite, k’urwego rw’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Aba mwishe bikekwa kwari Wazalendo, bayobowe n’uwiyita Gen Makanaki John, mu rwandiko Gen John Makanaki, aheruka kwa ndika y’isigura, yahakanye, iki cyaha cyo kwica Kandida Richa, ahubwo agerekaho amagambo ati: “Abanshinja ikicyaha bazabona imbaraga zanjye. Nimureke mudatuma imiryango isubiranamo Uvira, amaraso akameneka k’ubwinshi.”

Ubwo barimo bashingura umurambo wa nyakwigendera kandida Richa, Meya w’u Mujyi wa Uvira, Chiza Muhato, yahumurije abaturage bose kandi abizeza ko ukuri kuzatinda ariko ku kamenyekana.

Yagize ati: “Banyabuvira, nimushake ifaranga, mureke gushakisha abandi n’ibyabandi. Buri Muntu afite umugisha we, ariko mwe kwiruka inyuma y’imigisha y’abandi.”

Yunzemo kandi ati: “Ndabyizeye neza, kuko abishe kandida Richa Sadiki Espoir Ndabuye, baza menyekana. N’ubwo byo tinda ariko mpaka tuu bazajanwa imbere y’ubutabera, baryozwe ibyaha bakoze.”

Umuhango wo gushingura kandida Richa Sadiki Espoir Ndabuye, wari witabiriwe n’abantu bingeri zose. Richa Sadiki Espoir Ndabuye, avuka mu bwoko bwa Bavira, baturiye u Mujyi wa Uvira.

Bruce Bahanda.

Tags: John MakanakiKandida Richa Sadiki Espoir NdabuyeUmubiri weWashinguwe UviraYishwe n'abo bikekwa kwari Wazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

I Kadutu, muri Bukava, abantu 18 bishwe n'imvura abandi benshi ba burirwa irengero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?