Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugabo uzwi cyane mu mateka y’u Burusiya,Jacob Jugashvili, ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 17, 2024
in Regional Politics
0
Umugabo uzwi cyane mu mateka y’u Burusiya,Jacob Jugashvili,  ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Vradimir Putin nyirizina ngo yarazimiye, uyoboye igihugu cy’u Burusiya n’undi utazwi.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ubuhamya bwatanzwe n’abantu batandukanye, nk’uko MCN tubikesha igitangaza makuru cya The Sun.

Uwitwa Jacob Jugashvili, umwuzukuru wa Jaseph Stalin wigeze kuyobora igihugu cy’u Burusiya, akaba kandi afite uruhare runini muri politike y’i Gihugu cy’u Burusiya, avuga ko yizera neza ko “umunyagitu Vradimir Putin ashobora kuba yarapfuye kandi ko yasimbuwe n’abakinnyi bakoreshwa n’abantu batazwi.”

Vradimir Putin w’imyaka 71 yagiye ashinjwa kuva kera guhindura umubiri we, harimo ko n’ubutasi bw’igisirikare cya Ukraine cyigeze kubishira mu cyegeranyo mu mwaka ushize.

Uy’umwuzukuru wa Joseph Stalin we yavuze ko Vradimir Putin yazimiye kuva kera ko kandi uhari agaragara munshusho zibiri.

The Sun itangaza kandi ko yahawe ubuhamya n’abaturage benshi bo mu gihugu cy’u Burusiya, ko Putin yapfuye kera.

Mu buhamya iki gitangaza makuru cyagiye gihabwa, ubwinshi buvuga ko Putin yapfuye aza gutsimburwa n’umuntu ukunze kugaragara munshusho zibiri.

Abandi nabo bagiye bavuga ko impamvu Putin akoresha inshusho zibiri biva ku mutekano we muke bigatuma yihisha mubyo bise ‘Bunker paranoid.’

Gusa mu ntangiriro z’umwaka dusoje Vradimir Putin ubwe yavuze ko abanyeshuri biganye nawe mu ishuri rya kera batajya ba mumenya ngo mugihe baba bahuye.

Bivugwa ko Putin yabwiye itsinda rito ry’abantu , ati: “Iyo mpuye nabo twiganaga haba mu mashuri abanza n’aya kaminuza, bakunze kundeba bakambwira bati: ‘ntabwo nemera’ ko ariwewe.”

Jugashvili ufite imyaka 51 yongeye kubwira ikinyamakuru cya The Sun ko “Putin yabuze kuva kera ariko haje abantu batazwi iyo bakomoka bafata ubutegetsi bw’u Burusiya.”

Tubibutsa ko igihugu cy’u Burusiya kiri mu matora aza kurangira uy’u munsi, kandi Vradimir Putin ari mu bakandida bahabwa amahirwe yo gutsinda.

    MCN.
Tags: PutinU BurusiyaYapfuye kera
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Nigeri iheruka guhirika ubutegetsi bwa perezida Bouzama, yacyanye umubano wayo n’igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Leta ya Nigeri iheruka guhirika ubutegetsi bwa perezida Bouzama, yacyanye umubano wayo n'igisirikare cya Leta zunze ubumwe z'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?