• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugabo uzwi cyane mu mateka y’u Burusiya,Jacob Jugashvili, ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.

minebwenews by minebwenews
March 17, 2024
in Regional Politics
0
Umugabo uzwi cyane mu mateka y’u Burusiya,Jacob Jugashvili,  ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Vradimir Putin nyirizina ngo yarazimiye, uyoboye igihugu cy’u Burusiya n’undi utazwi.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ni ubuhamya bwatanzwe n’abantu batandukanye, nk’uko MCN tubikesha igitangaza makuru cya The Sun.

Uwitwa Jacob Jugashvili, umwuzukuru wa Jaseph Stalin wigeze kuyobora igihugu cy’u Burusiya, akaba kandi afite uruhare runini muri politike y’i Gihugu cy’u Burusiya, avuga ko yizera neza ko “umunyagitu Vradimir Putin ashobora kuba yarapfuye kandi ko yasimbuwe n’abakinnyi bakoreshwa n’abantu batazwi.”

Vradimir Putin w’imyaka 71 yagiye ashinjwa kuva kera guhindura umubiri we, harimo ko n’ubutasi bw’igisirikare cya Ukraine cyigeze kubishira mu cyegeranyo mu mwaka ushize.

Uy’umwuzukuru wa Joseph Stalin we yavuze ko Vradimir Putin yazimiye kuva kera ko kandi uhari agaragara munshusho zibiri.

The Sun itangaza kandi ko yahawe ubuhamya n’abaturage benshi bo mu gihugu cy’u Burusiya, ko Putin yapfuye kera.

Mu buhamya iki gitangaza makuru cyagiye gihabwa, ubwinshi buvuga ko Putin yapfuye aza gutsimburwa n’umuntu ukunze kugaragara munshusho zibiri.

Abandi nabo bagiye bavuga ko impamvu Putin akoresha inshusho zibiri biva ku mutekano we muke bigatuma yihisha mubyo bise ‘Bunker paranoid.’

Gusa mu ntangiriro z’umwaka dusoje Vradimir Putin ubwe yavuze ko abanyeshuri biganye nawe mu ishuri rya kera batajya ba mumenya ngo mugihe baba bahuye.

Bivugwa ko Putin yabwiye itsinda rito ry’abantu , ati: “Iyo mpuye nabo twiganaga haba mu mashuri abanza n’aya kaminuza, bakunze kundeba bakambwira bati: ‘ntabwo nemera’ ko ariwewe.”

Jugashvili ufite imyaka 51 yongeye kubwira ikinyamakuru cya The Sun ko “Putin yabuze kuva kera ariko haje abantu batazwi iyo bakomoka bafata ubutegetsi bw’u Burusiya.”

Tubibutsa ko igihugu cy’u Burusiya kiri mu matora aza kurangira uy’u munsi, kandi Vradimir Putin ari mu bakandida bahabwa amahirwe yo gutsinda.

    MCN.
Tags: PutinU BurusiyaYapfuye kera
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Nigeri iheruka guhirika ubutegetsi bwa perezida Bouzama, yacyanye umubano wayo n’igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Leta ya Nigeri iheruka guhirika ubutegetsi bwa perezida Bouzama, yacyanye umubano wayo n'igisirikare cya Leta zunze ubumwe z'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?